• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Tanzaniya: Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi yashinjwe ubugambanyi

April 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Kane Tariki ya 10 Mata, Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, Tundu Lissu, yashinjwe icyaha cy’ubugambanyi, nyuma y’umunsi umwe atawe muri […]

U Bwongereza bwongeye Miliyoni £450 ku nkunga bugenera Ukraine

April 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Leta y’u Bwongereza yatangaje indi nkunga ya gisirikare ingana na miliyoni £450 izafasha Kyiv mu bwirinzi mu bya gisirikare. Nk’uko byatangajwe n’Umunyamabanga ushinzwe ingabo mu […]

Boost Your Career! ICK and CLA Announce CPA and CAT Course Calendar for 2025

April 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

The Institut Catholique de Kabgayi (ICK), in collaboration with Cornerstone and Luthien Advisory (CLA), has announced the official academic calendar for the May to August […]

U Bwongereza bwatangiye iperereza ku rubuga rukekwaho kugirana isano n’impfu z’abarenga 50

April 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Urwego rushinzwe gucunga Itangazamakuru mu Bwongereza, Ofcom, rwatangaje ku wa Gatatu rwatangije iperereza ku rubuga rwa internet bivugwa ko rufitanye isano n’urupfu rw’abantu 50 mu […]

Trump yacururutse, ariko si kuri bose  

April 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika by’agateganyo icyemezo cyo kongera imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu bimwe na […]

Alain Muku yasezeweho bwa nyuma

April 10, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Mata 2025 nibwo Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma i Rulindo aho avuka. Misa yo kumuherekeza no kumusezeraho yabereye […]

Cost of Living Keeps Climbing-NISR

April 10, 2025 Philos Muhire 0

According to the latest report from the National Institute of Statistics of Rwanda (NISR), the Urban Consumer Price Index (CPI), used as the headline figure […]

Umwami w’u Bwongereza yasuye Papa Fransisiko

April 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatatu , itangazo ryashyizwe hanze  n’ingoro y’ubwami bw’u Bwongereza  Buckingham Palace, ryatangaje ko Umwami Charles III n’Umwamikazi Camilla bamaze iminsi i Roma […]

Abasuye u Rwanda bakoresheje hafi miliyoni $600 muri serivisi z’ingendo muri 2024

April 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko arenga miliyoni 570 z’Amadolari ya Amerika yakoreshejwe n’abanyamahanga imbere mu Rwanda binyuze mu bicuruzwa na servisi baguze […]

Sinshaka gupfa, tuve hano – ubuhamya bwa Murangwayire Liliane

April 9, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Mu 1986, ababyeyi ba Murangwayire Lillianne bafashe umwanzuro wo kumwohereza muri Komini Shyorongi, Akarere ka Nyarugenge y’ubu, ho mu mujyi wa Kigali. Uyu mwana uvuka […]

Posts pagination

« 1 … 129 130 131 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS