• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Imiterere y’ubutegetsi mu cyahoze ari Gitarama mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi

April 9, 2025 Muvunankiko Valens 0

Hashize imyaka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye. Mu yahoze ari Perefegitura ya Gitarama, Jenoside yashyizwe mu bikorwa nyuma y’inama yabereye i Murambi kuwa […]

Dominican Republic: 98 bagwiriwe n’akabyiniro barapfa

April 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ubuyobozi mu gihugu cya Dominican Republic bwatangaje ko abantu 98 aribo bamaze kumenyekana ko bapfuye, abandi barenga 150 barakomereka nyuma yuko bagwiriwe n’igisenge cya kabyiniro […]

Antonio Guterres arasaba abatuye isi kwima urwaho amacakubiri

April 8, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Loni, Antonio Guterres arasaba abatuye isi kwirinda imiyoboro iyo ari yo yose yazana amacakubiri ashobora gusubiza abantu mu icuraburindi nk’iryatewe na […]

Ibyo wamenya ku mushinga wa miliyari 360 wo kubaka imihanda ya kaburimbo mu ntara

April 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza umushinga wa miliyari 360 Frw wo kubaka imihanda ya kaburimbo ireshya na kilometero 215 izafasha mu kunoza ingendo n’ubwikorezi imbere […]

Kirehe: Abaturage barasabwa kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside, barangwa n’ubumwe

April 8, 2025 Habiyaremye Japhet 0

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 7 Mata 2025, mu Rwanda no mu bice bitandukanye by’isi, hatangijwe ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside […]

Perezida Kagame yifatanyije n’Abanyarwanda mu rugendo rwo Kwibuka

April 8, 2025 Manishimwe Janvier 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatangije n’Abanyarwanda biganjemo urubyiruko mu rugendo […]

DR Congo: Imyuzure yahitanye abarenga 30 i Kinshasa

April 8, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ubuyobozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko abantu 33 aribo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi yaguye mu murwa mukuru Kinshasa […]

Muhanga: Kwibuka 31 byatangirijwe ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kabgayi

April 7, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa mbere, itariki ya 7 Mata 2025, mu Rwanda hose no mu bice bitandukanye by’isi hatangijwe iminsi 100 y’icyunamo ku nshuro ya 31 […]

Mwana wanjye, nurokoka uzabe umugabo – Ubuhamya bwa Freddy Mutanguha

April 7, 2025 IRATUZI Bardine 0

Mu 1973, umubyeyi wa Freddy Mutanguha yari umusore witegura gushaka, ariko umushinga wo kubaka urugo wari ubangamiwe n’umutekano muke waturukaga ku ivangura. Icyo gihe, uwari […]

Minisitiri Dr. Bizimana yasobanuye uruhare rw’u Bubiligi mu mateka mabi y’u Rwanda

April 7, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yatangaje ko abakoloni b’Ababiligi bakigera mu Rwanda bakoze ibikorwa byinshi bitanya Abanyarwanda birimo gutanga ibihano bikarishye […]

Posts pagination

« 1 … 130 131 132 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS