• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Gabon: Oligui Nguema yatorewe kuba perezida

April 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Gen. Brice Oligui Nguema, wayoboye ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Ali Bongo muri Kamena 2023, yatsinze amatora ya perezida yo ku wa Gatandatu n’amajwi 90.35%, nk’uko byagaragajwe […]

Tanzania: Ishyaka ritavuga rumwe na Leta ryakuwe ku rutonde rw’azitabira amatora

April 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ishyaka rya mbere rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, CHADEMA ryahagaritswe kuzitabira amatora y’uyu mwaka, nyuma y’imisi mike umuyobozi waryo ashinjwe icyaha cy’ubugambanyi. Umuyobozi ushinzwe […]

Kwibuka31: Abanyapolitiki barwanyije umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi bibutswe

April 13, 2025 Philos Muhire 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hasorejwe Icyumweru cy’Icyunamo, hazirikanwa abanyapolitiki 21 bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa […]

“Turifuza u Rwanda ruzira imvugo za Bagosora” — Minisitiri Mugenzi

April 13, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa 12 Mata 2025, ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Mukarange ruherereye mu Karere ka Kayonza, habaye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi basaga […]

Ngoma: Bongeye gusaba ko kubaka Urwibutso rwa Jenoside rwa Zaza byitabwaho

April 13, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Ngoma bongeye gusaba ubuyobozi bw’Akarere ko ibikorwa bibura kugira ngo Urwibutso rwa Zaza rwuzure byashyirwa mu ngengoyimari y’akarere. […]

Ibyo wamenya ku Bepiskopi Gatolika b’u Rwanda

April 13, 2025 Umutesi Aline 0

Ku wa 2 Gashyantare 1900 ni bwo Myr Hiriti n’abo bari kumwe bageze mu Rwanda. Ku wa 8 Gashyantare uwo mwaka, Abamisiyoneri bakambitse i Save, […]

U Bushinwa: Inkubi y’umuyaga yahagaritse ingendo z’indege

April 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuyaga mwinshi wibasiye igihugu cy’u Bushinwa watumye ingendo z’indege zihagarikwa mu murwa mukuru Beijing, amashuri arafungwa ndetse n’amamiliyoni y’abantu asabwa kuguma mu ngo zabo. Bimwe […]

Gabon: Bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

April 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu gitongo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Mata 2025, abaturage bo muri Gabon bazindukiye mu matora yo kwihitiramo umukuru w’igihugu, aho ku […]

Bimwe mu byaranze tariki ya 12 Mata 1994

April 12, 2025 ICK News 0

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12 Mata mu 1994, Jenoside yakorewe Abatutsi yarakomeje hirya no hino mu gihugu. Nk’uko bigaragara mu nyandiko yateguwe na Minisitiri […]

Muhanga-Shyogwe: Imyaka ibiri yo kuvana abatishoboye mu bukene iratanga icyizere

April 11, 2025 ICK News 0

Jean Baptiste Gatete na Daphrose Nyirabahenda, batuye mu Mudugudu wa Karama, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe w’Akarere ka Muhanga, barashimira ubufasha bahawe binyuze mu […]

Posts pagination

« 1 … 128 129 130 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS