• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Sudani: Loni ivuga ko abarenga 400 bashobora kuba bariciwe mu bitero biherutse kubera i Darfur

April 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuryango w’Abibumbye (Loni) uvuga ko abantu barenga 400 bishwe n’umutwe witwara gisirikare wa Rapid Support Forces (RSF) mu bitero uherutse kugaba mu karere ka Darfur […]

Yampaye amafaranga ijana ngo ngure icyo kurya, muheruka ubwo – Uwarokokeye Rebero ya Bugesera

April 15, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Kuri uyu wa 14 Mata mu Karere ka Bugesera habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ahatangiwe ubuhamya bwerekana […]

Nigeria: Abarenga 50 baguye mu gitero cyagabwe muri Leta ya Plateau

April 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abaturage n’umuryango wa Amnesty International bavuze ko nibura abantu 51 bishwe barashwe n’abantu bitwaje intwaro kuri uyu wa mbere tariki 14 Mata muri Leta ya […]

Weekend muri ICK: Icyo wakora igihe utari mu masomo

April 15, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi ni uruganda rw’Ubumenyi, aho amashuri yigirwamo ahora afite abanyeshuri, haba mu mibyizi, muri weekendi, yewe no mu biruhuko, iri ni […]

#BAL5: Al lttihad na Rivers Hoopers zabonye tike yo gukina imikino ya nyuma

April 14, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Mu mikino ya BAL iri kuba ku nshuro yayo ya 5 aho bari guhatanira itike y’imikino ya nyuma izabera i Pretoria muri Africa y’Epfo, Ikipe […]

Algeria yirukanye Abadipolomate 12 b’u Bufaransa

April 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa, Jean-Noël Barrot yahamije ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Mata 2025, Algeria yategetse Abadipolomate n’abakozi 12 b’Ambasade y’u […]

This Holy Week, Walk with Our Priests

April 14, 2025 Mukeshimana Odile 0

As we step into Holy Week, we cross a sacred threshold, a moment set apart in the Christian calendar to deeply contemplate the mystery of […]

Kwibuka31: Hateguwe irushanwa ryo kwibuka abari abakunzi n’abakinnyi ba Basketball

April 14, 2025 Darius Shumbusho 0

Ishyirahamwe ry’umukino w’amaboko wa basketball mu rwanda (FERWABA) ku bufatanye na Komite Olempike bateguye irushanwa ryo kwibuka abagize umuryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe […]

Noboa yatsinze amatora ya Perezida muri Ecuador

April 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida uri ku butegetsi muri Ecuador Daniel Noboa yatsinze bidasubirwayo icyiciro cya kabiri cy’amatora ya Perezida wa Repubulika bikaba bivuze ko agiye kuyobora iki gihugu […]

Kirehe: Barishimira isanwa ry’Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyabitare

April 14, 2025 Habiyaremye Japhet 0

Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, bo mu Murenge wa Nyarubuye, Akarere ka Kirehe barishimira ko urwibutso ruruhukiyemo imibiri y’ababo rwasanwe nyuma y’imyaka irenga […]

Posts pagination

« 1 … 127 128 129 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS