Amerika yahagaritse guha Visa abaturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]
Ishyirahamwe ry’Umupirwa w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryahagaritse ku mirimo Umutoza Mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’Abagabo, Amavubi, Adel Amrouche nyuma yuko atubahirije ibikubiye mu masezerano. […]
Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yabwiye abifuza gushyigikira igikorwa cyo gushinga ishuri rihoraho ry’umuziki muri Diyosezi ya Kabgayi ko amarembo afunguye. […]
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyamabuye, bavuga ko batewe impungenge n’abafite ubumuga birirwa basabiriza ku mihanda yo mu mujyi wa […]
Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Jean de Dieu Uwihanganye yatangaje ko kuba umuriro w’amashanyarazi ukomeje kubura bya hato na hato mu gihugu, bishingiye ku […]
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko koroshya igiciro cy’uruhushya rwo gusura ingagi zo mu Birunga bizageza tariki ya 31 Ukuboza 2026, mu rwego rwo gukomeza guteza […]
Mu masaha ya Saa Kumi n’Imwe n’igice z’umugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 4 Mutarama 2026, inkuba yakubise abantu 15, icyenda muri bo bahita bitaba […]
U Rwanda rwatangije ku mugaragaro gahunda yo guha urukingo rw’indwara y’umwijima wo mu bwoko bwa B (Hepatite B) abana bose bavuka, rutangwa mu masaha 24 […]
Imishinga minini y’ibikorwaremezo, ubwikorezi n’ikoranabuhanga, yitezweho kugira uruhare runini mu iterambere ry’u Rwanda guhera mu mwaka wa 2026. Guhera ku kubaka ibikorwaremezo by’ubwikorezi bigezweho no […]
Nubwo gahunda y’ingendo za Papa Leo XIV mu 2026 itaratangazwa ku mugaragaro, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yamaze kugaragaza icyifuzo cyo gusura ibihugu bitandukanye […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS