• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Muhanga: Hasojwe Urugerero rw’Inkomezabigwi, Intore zisabwa gukomeza kuba umusemburo w’ibyiza

February 17, 2026 ICK News 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yasabye Intore z’Inkomezabigwi gukomeza kuba umusemburu w’impinduka aho batuye no kuguma ku ruhembe mu guteza imbere Igihugu no gusigasira […]

Perezida Emmanuel Macron yagaragaje ko igihe kigeze kugira ngo Uburayi bwongere kuba igihangange

February 14, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko u Burayi bugomba kwiyubaka nk’imbaraga zikomeye mu bya politiki n’umutekano ku rwego mpuzamahanga, ashimangira ko igihe kigeze ngo […]

U Bwongereza: Minisitiri w’Intebe yasabye Sir Jim Ratcliffe gusaba imbabazi nyuma yo kuvuga ko igihugu ‘cyakoronejwe n’abimukira’

February 12, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Sir Keir Starmer yavuze ko amagambo ajyanye n’abimukira yavuzwe n’umuherwe uri mu bambere muri icyo gihugu Sir Jim Ratcliffe, akaba ari […]

Abanyafurika barenga 300 bapfiriye mu ntambara yo muri Ukraine

February 12, 2026 ICK News 0

Abarwanyi barenga 1,400 baturutse mu bihugu 35 bya Afurika biyandikishije kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine kuva mu 2023, kandi abagera kuri 316 […]

U Rwanda rwabaye urwa gatatu muri Afurika mu kurwanya ruswa

February 10, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Kuri uyu wa 10 Gashyantare 2026, hagaragajwe ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango ‘Transparency International’ bugaragaza ko u Rwanda rwitwaye neza mu bipimo byo kurwanya ruswa, aho rwaje […]

Abayobozi bagomba kuryozwa imishinga itinda gushyirwa mu bikorwa- Perezida Kagame

February 5, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi b’inzego zose kubazwa inshingano zabo no kwemeza ko imishinga y’iterambere ishyirwa mu bikorwa uko bikwiye mu gihe baba bahawe ibyangombwa […]

U Rwanda rwahawe igihembo mpuzamahanga cya ‘GovTech’

February 5, 2026 Philbert MBONIGABA 0

U Rwanda rwatsindiye igihembo mpuzamahanga cya Serivisi nziza za Leta ku Isi (Best Government Service in the World) mu bihembo bya GovTech Prize 2026, rubikesha […]

Perezida Kagame yahaye inshingano nshya abarimo Brig Gen Nyirubutama 

January 30, 2026 Ibyimana Cofi 0

Perezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika. Aba […]

U Buyapani: Uwishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe yakatiwe igifungo cya burundu

January 21, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Tetsuya Yamagami wishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe, yakatiwe igifungo cya burundu, nyuma y’imyaka itatu n’igice amurasiye mu ruhame akamwica mu mwaka […]

No Image

Australia yakajije amategeko yo gutunga intwaro nyuma y’igitero cy’i Bondi

January 20, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Amategeko mashya akaze muri Australia agenga intwaro yemejwe kuri uyu wa Kabiri, arimo gahunda yo kugura no gukusanya intwaro ziri mu baturage, kugabanya iyinjizwa ry’intwaro […]

Posts pagination

« 1 … 5 6 7 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS