Amerika yahagaritse guha Visa abaturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]
Perezida Nicolás Maduro wakuwe ku butegetsi bwa Venezuela na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagejejwe imbere y’urukiko rw’i New York hamwe we n’umugore we aho […]
Ibiciro by’amabuye y’agaciro arimo na zahabu byazamutse ku isoko mpuzamahanga nyuma y’uko ifatwa rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, na Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma […]
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla yirukanye abarimo abacamanza babiri n’umwanditsi w’urukiko bazira ibyaha bifitanye isano na ruswa
Perezida Mamadi Doumbouya ni we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Guinea, aho yegukanye amanota 86% by’amajwi amaze kubarurwa by’agateganyo, nk’uko byatangajwe n’Ibiro bishinzwe […]
Perezida Paul Kagame akaba n’umugabo w’ikirenga w’ingabo z’igihu yashimye ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano kubera ubunyamwuga bwabo, ubwitange, ndetse na serivisi zitajegajega mu […]
Abepiskopi Gatolika mu Rwanda bongeye gusaba Leta y’u Rwanda gukora ibishoboka byose kugira ngo kiliziya zujuje ibisabwa zifungurwe. Ibi byatangajwe mu ibaruwa ikubiyemo ubutumwa bashyizeho […]
Perezida Paul Kagame, hamwe na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, bitabiriye gahunda yo guhuriza hamwe abana bato biga gukina umupira w’amaguru […]
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki ya 17 Ukuboza 2025 muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje ibyemezo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS