• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Amatora2024: Amateka y’amatora mu Rwanda

July 11, 2024 Muvunankiko Valens 0

Tariki ya 14 na 15 Nyakanga 2024, mu Rwanda hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika yakomatanyirijwe hamwe n’amatora y’abadepite. Ni amatora yakomatanyijwe kubera impamvu zirimo; […]

Amatora2024: Umusanzu w’urubyiruko rw’abakorerabushake mu bikorwa bijyanye n’amatora

July 10, 2024 AYERA Belyne 0

Mu gihe habura iminsi mike ngo amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite abe, urubyiruko rw’abakorerabushake ‘youth volunteers’ rukomeje kugaragaza umusanzu mu bikorwa byose bijyanye n’amatora. Bimwe muri […]

Amatora 2024: Sobanukirwa inzira eshanu utora azanyuramo kugira ngo abe atoye byuzuye

July 8, 2024 Umukiza Irene 0

Harabura icyumweru ngo Abanyarwanda hirya no hino batore Perezida wa Repubulika ndetse n’Abadepite. Ni amatora yakomatanyijwe mu rwego rwo guhuza manda y’abadepite n’iya perezida wa […]

Vatikani yaciye Arkiyepiskopi Viganò wigeze kuba Intumwa ya Papa muri Amerika

July 5, 2024 AYERA Belyne 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 5 Nyakanga 2024, Leta ya Vatikani yatangaje ko yaciye Arkiyepiskopi Carlo Maria Viganò wigeze kuba Intumwa ya Papa muri Leta […]

Kwibohora30: Urugendo rwo kongera kwiyubaka mu myaka 30 ishize

July 4, 2024 AYERA Belyne 0

Tariki 4 Nyakanya 1994 kugeza tariki 4 Nyakanga 2024, Imyaka 30 irashize u Rwanda rwibohoye nyuma y’uko Ingabo zari iza RPA zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi […]

#Kwibohora30: Nyuma y’imyaka 5, Abanyarwanda bongeye gususurutswa n’akarasisi

July 4, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 u Rwanda rumaze rwibohoye, Abanyarwanda bongeye gususurutswa n’akarasisi k’Ingabo z’Igihugu na Polisi y’Igihugu nyuma y’imyaka itanu yari ishize […]

Ruhango-Muhanga-Kamonyi: Barashima Perezida Kagame wabahinduriye ubuzima

June 24, 2024 ICK News 0

Abaturage bo mu turere twa Ruhango, Muhanga na Kamonyi barashimira Perezida Paul Kagame ku bw’uruhare rwe mu iterambere ryabo. Ibi byagaragarijwe mu Murenge wa Shyogwe, […]

Kwibuka 30: Hibutswe abari abakozi muri Perefegitura ya Gitarama bazize Jenoside yakorewe Abatutsi

June 15, 2024 IRAMBONA Papias 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Kamena 2024, ku biro by’Akarere ka Muhanga habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko […]

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya anasesa Inteko

June 14, 2024 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Kamena 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi baherutse guhabwa inshingano nshya muri guverinoma n’ibigo […]

Urubyiruko ruributswa ko arirwo ruzandika amateka y’indi myaka 30

June 9, 2024 Sabine RWIBUTSO MUKAZI 0

Ubwo yari mu Ihuriro ry’Urubyiruko ‘Igihango cy’Urungano’ kuri uyu wa Gatandatu, tariki 8 Kamena 2024, Madamu Jeannette Kagame yibukije urubyiruko ko arirwo ruzandika amateka y’indi […]

Posts pagination

« 1 … 48 49 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS