Canada n’u Bushinwa byinjiye mu mikoranire mishya
Canada yatangaje impinduka ikomeye muri politiki yayo y’ubucuruzi, yemeza kugabanya imisoro ku modoka zimwe na zimwe zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa mu rwego rwo kwihimura […]
Canada yatangaje impinduka ikomeye muri politiki yayo y’ubucuruzi, yemeza kugabanya imisoro ku modoka zimwe na zimwe zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa mu rwego rwo kwihimura […]
Imibare y’agateganyo yatangajwe na Komisiyo y’Amatora muri Uganda yagaragaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni ari imbere cyane mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ku majwi arenga bitatu […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]
Perezida Nicolás Maduro wakuwe ku butegetsi bwa Venezuela na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagejejwe imbere y’urukiko rw’i New York hamwe we n’umugore we aho […]
Ibiciro by’amabuye y’agaciro arimo na zahabu byazamutse ku isoko mpuzamahanga nyuma y’uko ifatwa rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, na Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma […]
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla yirukanye abarimo abacamanza babiri n’umwanditsi w’urukiko bazira ibyaha bifitanye isano na ruswa
Perezida Mamadi Doumbouya ni we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Guinea, aho yegukanye amanota 86% by’amajwi amaze kubarurwa by’agateganyo, nk’uko byatangajwe n’Ibiro bishinzwe […]
Perezida Paul Kagame akaba n’umugabo w’ikirenga w’ingabo z’igihu yashimye ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano kubera ubunyamwuga bwabo, ubwitange, ndetse na serivisi zitajegajega mu […]
Abepiskopi Gatolika mu Rwanda bongeye gusaba Leta y’u Rwanda gukora ibishoboka byose kugira ngo kiliziya zujuje ibisabwa zifungurwe. Ibi byatangajwe mu ibaruwa ikubiyemo ubutumwa bashyizeho […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS