• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Perezida Kagame na Infantino wa FIFA bahuye n’abana batozwa gukina umupira w’amaguru

December 26, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida Paul Kagame, hamwe na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, bitabiriye gahunda yo guhuriza hamwe abana bato biga gukina umupira w’amaguru […]

Inama y’Abaminisitiri yemeje ingamba nshya ku mutekano, imibereho n’imiyoborere

December 18, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki ya 17 Ukuboza 2025 muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje ibyemezo […]

Muhanga: Urubyiruko rurasabwa kuba ibisubizo by’ibibazo byugarije sosiyete

December 16, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yasabye urubyiruko rwo muri aka karere kuba ibisubizo bya bimwe mu bibazo bitandukanye byugarije sosiyete babamo. Ibi yabivugiye mu […]

Impuguke zirasaba za kaminuza gutegura abanyeshuri bashobora gukemura ibibazo bya Afrika

December 15, 2025 ICK News 0

Inzobere zirahamagarira za kaminuza zo muri Afurika gutegura abanyeshuri kugira ngo basobanukirwe neza n’imiterere ya politiki, imiyoborere n’iterambere ry’umugabane, zishimangira ko ibibazo bya Afurika bishobora […]

No Image

Harimo abahawe ipeti rya Brigadier General: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare

December 12, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare basaga 20,000 bafite amapeti atandukanye, bahabwa ayisumbuyeho. Ni impinduka zatangajwe n’ubuyobozi bw’Ingabo […]

U Rwanda na Amerika byasinye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere urwego rw’ubuzima

December 6, 2025 ICK News 0

Ku wa Gatanu, tariki 5 Ukuboza, U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka […]

Perezida Kagame yitabiriye tombola y’igikombe cy’isi cya 2026

December 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida Paul Kagame yitabiriye tombola y’igIkombe cy’Isi cya 2026, yabereye mu nyubako ya F. Kennedy Center i Washington, D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]

Papa Leo yasabye Amerika kwirinda gukoresha ingufu za gisirikare mu guhirika perezida wa Venezuela

December 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Papa Leo XIV yasabye ubuyobozi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa Kabiri kutagerageza gukuraho Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, […]

Muhanga: Abitabiriye umuganda bibukijwe kwimakaza umuco w’isuku

November 29, 2025 ICK News 0

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’intara y’Amajyepfo, Nshimiyimana Vedaste, yasabye abaturage gushyira imbere umuco w’isuku, abibutsa ko ariyo soko y’ubuzima. Ibi yabigarutseho ubwo we n’abayobozi mu Karere ka […]

Serivisi mbi ikwiye kwangwa kandi ikanengwa -Perezida Kagame abwira abanyarwanda

November 27, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abanyarwanda kwanga serivisi mbi bahabwa n’abayobozi ahubwo bakaba aba mbere mu kuyirwanya Ibi Perezida Kagame yabivugiye mu […]

Posts pagination

« 1 … 7 8 9 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS