U Rwanda rugiye kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare muri Afurika
U Rwanda ruri mu myiteguro yo kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika (ACoC), izabera i Kigali kuva ku itariki […]
U Rwanda ruri mu myiteguro yo kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika (ACoC), izabera i Kigali kuva ku itariki […]
Zohran Mamdani yanditse amateka mashya yo kuba umuntu wa mbere wavukiye muri Afurika by’umwihariko i Kampala muri Uganda, ugiye kuyobora umujyi wa New York, kimwe […]
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yarahiriye manda ya kabiri nk’Umukuru w’Igihugu kuri uyu wa mbere tariki ya 3 Ugushyingo 2025, mu muhango wabereye mu […]
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko mu myaka itatu ishize, ibikoresho n’ibiribwa bigenewe ibigo by’amashuri bifite agaciro kari hejuru ya miliyoni 190,7 Frw byanyerejwe, bigizwemo […]
Madamu Jeannette Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Unity Club Intwararumuri, yasabye Abanyarwanda gukomeza kwimakaza Ihame ntakukuka ry’Ubunyarwanda, abibutsa ko gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yababereye icyomoro […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora gutangiza igikorwa cya gisirikare muri Nigeria, ashinja leta y’icyo gihugu kudakumira ubwicanyi bukorerwa […]
Imvururu zikomeje muri Tanzaniya zirimo kubangamira ubwikorezi bw’ibicuruzwa biza mu Rwanda, aho abatwara amakamyo n’abakora mu rwego rwo gutwara ibicuruzwa bavuga ko hari ikibazo cy’itumanaho, […]
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Tanzania, Gen Jacob John Mkunda, yihanangirije abantu bakomeje kwijandika mu myigaragambyo imaze iminsi ihungabanya umutekano w’iki gihugu, abasaba guhagarika ibyo bikorwa […]
Ku mugoroba wo ku wa Kane, Inama y’Ubutegetsi y’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere (African School of Governance, ASG), yatangaje ko Francis Gatare yagizwe Perezida w’iryo shuri, akazatangira […]
Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus yatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa Rapid Support Forces (RSF) wo muri […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS