• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Perezida Kagame yijeje umuti w’ikibazo cy’ibicuruzwa bipfunyikwa muri pulasitike biva hanze

November 27, 2025 Byiringiro Patrick 0

Perezida Paul Kagame yatangaje ko hari gushakwa umuti urambye ku kibazo cy’ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga bipfunyitswe muri plastike, mu rwego rwo guca ubusumbane bugaragara ku […]

No Image

Cameroun: Tchiroma Bakary utavuga rumwe n’ubutegetsi yahungiye muri Gambia

November 25, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Leta ya Gambia yatangaje ko Issa Tchiroma Bakary, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cameroun, yahungiye muri icyo gihugu nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe […]

DR Congo: Inteko igiye kwiga ku mushinga w’itegeko uvuga ko buri rubyiruko rugomba guca mu gisirikare

November 24, 2025 ICK News 0

Inteko Ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko usaba ko buri rubyiruko rw’igihugu rugomba gukora igisirikare, umushinga wemejwe kugira ngo […]

Perezida Kagame na Perezida wa Centrafrique baganiriye ku gukomeza umubano w’ibihugu byombi

November 24, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame hamwe na Perezida wa Repubulika ya Santarafurika, Faustin-Archange Touadéra, bagiranye ibiganiro ku wa 23 Ugushyingo bigamije gushimangira ubufatanye hagati y’ibihugu […]

Mushikiwabo avuga ko abagore bakwiye kwinjizwa mu ikoranabuhanga rishya rya AI

November 21, 2025 ICK News 0

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa ku Isi (OIF), Louise Mushikiwabo, yashimangiye ko hakenewe gahunda ifatika igamije guhugura no kwinjiza abakobwa n’abagore mu ikoranabuhanga […]

Perezida Kagame yagabiye Emir wa Qatar inka z’inyambo

November 21, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa Kane, tariki 20 Ugushyingo, Perezida Paul Kagame, yagabiye inka z’inyambo Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, uri mu ruzinduko rw’iminsi […]

Mushikiwabo asaba ko habaho uburyo bushya bwo guteza imbere abagore

November 20, 2025 ICK News 0

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa ku Isi (OIF), Louise Mushikiwabo, yasabye ko habaho uburyo bushya kandi buhamye bwo kongerera ubushobozi abagore. Yabigarutseho ku […]

No Image

Trump yarengeye igikomangoma cya Arabia Saudite gishinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’umunyamakuru

November 19, 2025 Muhire Obed 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yarengeye Igikomangoma cya Arabia Saudite Mohammed bin Salman, ashimangira ko ntacyo yarazi ku rupfu rw’umunyamakuru Jamal Khashoggi rwo mu 2018, nubwo […]

Abayobozi ba OIF barahurira i Kigali mu nama yiga ku iterambere ry’imiyoborere y’abagore

November 18, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu gihe Abaminisitiri b’Ibihugu bivuga Igifaransa n’abandi bayobozi bateraniye i Kigali mu nama ya mbere ya OIF ibereye muri Afurika y’Iburasirazuba, isi yose ihanze amaso […]

Perezida wa Tanzania yashyize umukobwa we n’umukwe we muri Guverinoma nshya

November 18, 2025 ICK News 0

Perezida Samia Suluhu Hassan yashyize umukobwa we witwa Wanu Hafidh hamwe n’umugabo we (umukwe wa Perezida) muri guverinoma nshya ya Tanzania, bitera benshi kubyibazaho ku […]

Posts pagination

« 1 … 8 9 10 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS