• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Perezida wa Tanzaniya yasezeranyije iperereza ku mpfu zatewe n’imvururu zakurikiye amatora

November 15, 2025 ICK News 0

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko leta izakora iperereza rirambuye ku mvururu zabaye mu cyumweru cy’amatora, nyuma y’ibirego bivuga ko ubuyobozi bwakoresheje ingufu […]

No Image

Abanyarwanda bemerewe kwinjira muri Liberia badasabwe visa

November 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abanyarwanda bemerewe kujya muri Liberia badasabwe visa nyuma yo gushyira mu bikorwa amasezerano yo gukuraho viza yasinywe hagati ya Liberia n’u Rwanda mu kwezi kwa […]

Amajyepfo: Abayobozi bashya b’inzego z’ibanze basabwe kurwanya akarengane

November 14, 2025 Byiringiro Patrick 0

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’intara y’amajyepfo Nshimiyimana Vedaste yasabye abayobozi bashya bo mu nzego z’ibanze gukoresha inshingano zabo barwanya akarengane, kandi bagashyira imbere inyungu z’umuturage. Ibi yabigarutseho […]

Trump yasinye amasezerano asubukura ibikorwa bya Guverinoma nyuma y’iminsi 43

November 13, 2025 Muhire Obed 0

Perezida Donald Trump kuri uyu wa Gatatu yashyize umukono ku masezerano arangiza ifungwa ry’ibikorwa bya Guverinoma ryai rimaze iminsi 43, rikaba ari ryo rirerire mu mateka ya […]

Gabon: Umugore n’umuhungu wa Ali Bongo bakatiwe gufungwa imyaka 20

November 12, 2025 Muhire Obed 0

Urukiko rwo muri Gabon rwakatiye Sylvia Bongo, umugore w’uwahoze ari Perezida Ali Bongo, n’umuhungu we Noureddin Bongo Valentin, igifungo cy’imyaka 20 nyuma yo kubahamya ibyaha byo kunyereza umutungo […]

Perezida Kagame yifatanyije na Perezida Doumbouya mu ifungurwa ry’umushinga ‘Simandou Iron Ore’

November 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida Paul Kagame yageze i Conakry muri Guinée, aho yifatanyije na Perezida w’icyo gihugu Mamadi Doumbouya mu itangizwa ry’umushinga wa Simandou Iron Ore, ufatwa nk’umushinga […]

Trump yakangishije BBC kumwishyura Miliyari y’Amadorari mu gihe itavuguruza ibyo yamuvuzeho

November 11, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yaburiye igitangazamakuru BBC ko azakirega, nyuma y’uko gishyizwe mu majwi kubera uburyo ijambo ry’uyu mukuru w’igihugu […]

Afurika ikeneye abasirikare bazi ikoranabuhanga kandi b’intangarugero mu myitwarire-Minisitiri Marizamunda

November 10, 2025 ICK News 0

Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko gukemura ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera muri Afurika bisaba abasirikare bashya bafite ubumenyi mu bya gisirikare, bazi ikoranabuhanga, bafite indangagaciro […]

Abayobozi bakuru ba BBC beguye nyuma y’ihindurwa ry’amagambo ya Trump

November 10, 2025 Muhire Obed 0

Umuyobozi Mukuru wa BBC, Tim Davie, n’Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe amakuru, Deborah Turness, beguye ku mirimo yabo nyuma y’amakuru avuga ko bicyekwako amagambo ya Donald Trump yaba […]

U Rwanda rugiye kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare muri Afurika

November 7, 2025 Daniel Niyonkuru 0

U Rwanda ruri mu myiteguro yo kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika (ACoC), izabera i Kigali kuva ku itariki […]

Posts pagination

« 1 … 9 10 11 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS