Cameroon: Perezida ukuze ku isi yongeye gutorerwa manda nshya
Perezida wa Cameroon w’imyaka 92, Paul Biya, yatangajwe n’Urukiko rushinzwe kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga ko ari we watsinze amatora yateje impaka cyane. Yagize amajwi 53.7%, […]
Perezida wa Cameroon w’imyaka 92, Paul Biya, yatangajwe n’Urukiko rushinzwe kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga ko ari we watsinze amatora yateje impaka cyane. Yagize amajwi 53.7%, […]
Mu murwa mukuru w’ubukungu wa Cameroon, Douala, haravugwa urupfu rw’abantu bane n’abandi benshi bakomerekeye mu myigaragambyo yaturutse ku kutumvikana ku byavuye mu matora ya perezida […]
Umuyobozi w’akarere ka Muhanga Kayitare Jacqueline yasabye abo bafatanyije kuyobora aka karere gutekereza no kurengera urubyiruko kuko arizo mbaraga z’ejo hazaza Ibi yabivugiye mu nama […]
Ku wa kane tariki ya 23 Ukwakira 2025, abayobozi n’abaturage bo mu karere ka Kirehe, basabwe kwimakaza ubumwe n’ubudaherwa. Ibyo byagarutsweho mu nama nyunguranabitekerezo y’Ihuriro […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ibihano bishya byafatiwe sosiyete ebyiri zikomeye z’u Burusiya zicuruza peteroli, Rosneft na Lukoil, mu rwego rwo gushyira igitutu kuri […]
Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, yafunzwe imyaka itanu nyuma yo guhamywa ibyaha byo kwakira no gukoresha amafaranga aturutse kuri Muammar Gaddafi, wahoze ayobora […]
Sanae Takaichi yabaye umugore wa mbere mu mateka y’u Buyapani utorewe kuba Minisitiri w’Intebe, mu gihe benshi bamwita “umugore w’imbaraga zidasanzwe” kubera urugendo rwe rw’ubuzima […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo humvikanye urupfu rw’umunyapolitiki wo muri Kenya Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe imyaka itanu.Amakuru yasohowe n’ibitaro bya Sreedhareeyam […]
Ku wa 10 Ukwakira 2025, Perezida Paul Kagame yagize Col Régis Rwagasana Sankara Umuyobozi wungirije w’lbiro bya Perezida wa Repubulika mu gihe Viviane Mukakizima yagizwe […]
Perezida Dina Boluarte wa Peru yakuwe ku butegetsi na Kongere mu buryo bwihuse, mu ijoro rishyira ku wa Gatanu, nyuma y’iraswa ry’abantu ryabereye mu gitaramo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS