Ibikubiye muri gahunda ya Trump yo kugarura amahoro muri Gaza
White House yashyize ahagaragara umushinga ugizwe n’ingingo 20, ivuga ko ushobora guhagarika ako kanya intambara ya Israel muri Gaza, imaze kwica Abanya-Palestine barenga 66,000 no […]
White House yashyize ahagaragara umushinga ugizwe n’ingingo 20, ivuga ko ushobora guhagarika ako kanya intambara ya Israel muri Gaza, imaze kwica Abanya-Palestine barenga 66,000 no […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumw za Amerika Donald Trump, yavuze ko atazemera ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yigarurira agace ka West Bank akomekwa […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yasabye urubyiruko rw’Afurika kugira uruhare rugaragara mu gukemura ibibazo byugarije umugabane, aho kuguma mu myumvire yo kunenga gusa. […]
Uwahoze ari Perezida w’Ubufaransa, Nicolas Sarkozy, yakatiwe igihano cyoo gupfungwa imyaka itanu nyuma yo guhamywa n’urukiko icyaha cyogucura umugambi w’ubuhemu mu rubanza rujanye no kwakira […]
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yanenze ibihugu bikomeye byumva ko ibihugu bitamenyerewe mu kwakira ibikorwa, bidashobora kwakira amarushanwa akomeye yo ku rwego rw’Isi, avuga ko […]
Kuri uyu Kabiri, ibihugu bitatu byo muri Afurika y’uburengerazuba birimo Burkina Faso, Mali na Niger byatangaje ko byavuye mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICCI), aho byarwise […]
Ibyavuye mu matora ya perezida yo muri Malawi bimaze gutangazwa muri bibiri bya gatatu by’uturere, bigaragaza ko Peter Mutharika, wahoze ayobora icyo gihugu, ari imbere […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Charlie Kirk amwita “intwari ikomeye n’umumaritiri”, mu ijambo yavuze mu muhango wo kumusezeraho wabereye muri […]
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Sir Keir Starmer ku Cyumweru yatangaje ko igihugu abereye umuyobozi cyemeye Palestine nk’igihugu gifite ubwigenge. “Uyu munsi, kugira ngo tuzanzamure icyizere […]
Polisi y’igihugu cya Malawi yatangaje ko yataye muri yombi abantu umunani bari bafite inshingano zo kubarura amajwi y’amatora, bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo guhindura […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS