• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Perezida Kagame yitabiriye inama ku ikoreshwa ry’ingufu za nikeleyeri i Paris

March 10, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Werurwe 2026 yitabiriye inama mpuzamahanga igamije kuganira ku iterambere n’ikoreshwa ry’ingufu […]

No Image

Trump yateguje iherezo ribi kuri Mojtaba Khamenei wagizwe Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran

March 9, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei, ashobora kutamara igihe kinini kuri uwo mwanya […]

Abakuru b’Ibihugu bya EAC bategerejwe mu nama ya 25 i Arusha

March 4, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bategerejwe mu nama ya 25 isanzwe izabera i Arusha muri Tanzania ku wa 7 Werurwe 2026. Iyi […]

“Ntituzaguma ku butegetsi iteka ryose”- Perezida wa Congo avuga ku wamusimbura

March 3, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Perezida wa Repubulika ya Congo-Brazzaville Denis Sassou Nguesso, w’imyaka 82, yatangaje ko arimo gutegura inzira izafasha urubyiruko kuzayobora igihugu mu gihe kiri imbere, mu gihe […]

Zimbabwe: Harekuwe imfungwa zirenga 4,000 zahawe imbabazi na Perezida

March 3, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Guverinoma ya Zimbabwe yatangiye kurekura imfungwa zigera ku 4,000, nyuma y’iteka rya Perezida ritanga imbabazi rusange ku byiciro bimwe by’abakatiwe, mu rwego rwo kugabanya ubucucike […]

Amerika na Israel byagabye igitero kuri Irani

February 28, 2026 ICK News 0

Israel ifatanyije na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byagabye igitero kuri Irani mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu nk’uko byemejwe na Perezida Donald Trump […]

Amerika: Trump yagaragaje ko ‘habayeho izamuka ry’ubukungu ridasanzwe’ mu gihe cy’ubuyobozi bwe

February 25, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ibyo yagezeho mu bukungu mu ijambo rye rya “State of the Union” ryamaze igihe kirekire […]

U Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi muri Ukraine – Perezida Zelensky

February 23, 2026 ICK News 0

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko u Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi mu gihugu cye, asaba umuryango mpuzamahanga kuyihagarika nta gukererwa. Ibi Zelensky […]

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Perezida yakatiwe igifungo cya burundu

February 19, 2026 ICK News 0

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Yoon Suk Yeol, wahoze ari Perezida w’iki gihugu, igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha […]

Perezida Kagame yakiriye bamwe mu bitabiriye Inama Mpuzamahanga y’Uburezi

February 19, 2026 ICK News 0

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, yakiriye bamwe mu bayobozi b’abafatanyabikorwa bitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Burezi, barimo […]

Posts pagination

« 1 … 4 5 6 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS