• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

April 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

Perezida Kagame yageze i Brazzaville muri Congo

April 15, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville muri Repubulika ya Congo, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida, Denis Sassou Nguesso, uherutse kongera […]

Romuald Wadagni yatorewe kuba Perezida wa Bénin

April 14, 2026 ICK News 0

Komisiyo y’Igihugu Yigenga Ishinzwe Amatora muri Bénin, (CENA), mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 13 Mata 2026, yatangaje ko Romuald Wadagni wari Minisitiri w’Imari […]

Senegal: Uwambere yahanwe hisunzwe amategeko mashya ahana abaryamana bahuje igitsina

April 14, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 14 Mata 2026, Urukiko rwo mu gace ka Pikine Guediawaye muri Senegal rwatanze icyemezo cya mbere gishingiye ku itegeko rishya […]

Twabishobojwe n’ubuyobozi bwiza – Minisitiri Habimana avuga ku rugendo rwo komora ibikomere bya Jenoside

April 13, 2026 Manishimwe Janvier 0

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari inshingano ya buri Munyarwanda, kuko ari ho hakomoka imbaraga zo guharanira ubumwe, kubaka […]

Abanyarwanda twigiye ku mateka, twubaka igihugu kizira ivangura – Perezida wa Sena

April 13, 2026 Byiringiro Patrick 0

Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Kalinda François Xavier, yavuze ko Abanyarwanda bahisemo gukura amasomo mu mateka mabi igihugu cyanyuzemo, bagaharanira kubaka u Rwanda rutarangwamo […]

Perezida Kagame yashimiye Ismaïl Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti

April 13, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, aho yamushimiye intsinzi yegukanye mu matora aheruka yamuhesheje […]

Uganda: Kainerugaba yavuze kuri Israel amagambo yateje impaka

April 12, 2026 ICK News 0

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga nyuma yo gutangaza ubutumwa bubiri bukomeye kandi butavugwaho rumwe ku […]

Djibouti: Bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu

April 10, 2026 ICK News 0

Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, arimo guhatanira manda ya gatandatu mu matora ya perezida ari kuba kuri uyu wa Gatanu muri iki gihugu gifite […]

Ntiwakwica abantu kabiri – Perezida Kagame avuga ko Jenoside itazongera kuba mu Rwanda ukundi

April 7, 2026 Byiringiro Patrick 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatanze ubutumwa bwizeza Abanyarwanda umutekano usesuye, avuga ko igihugu cyubatse ubudahangarwa butatuma cyongera kwemera ko amateka mabi nk’ayabaye […]

Posts pagination

« 1 … 3 4 5 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS