• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Muhanga: Hasojwe Urugerero rw’Inkomezabigwi, Intore zisabwa gukomeza kuba umusemburo w’ibyiza

February 17, 2026 ICK News 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yasabye Intore z’Inkomezabigwi gukomeza kuba umusemburu w’impinduka aho batuye no kuguma ku ruhembe mu guteza imbere Igihugu no gusigasira […]

Perezida Emmanuel Macron yagaragaje ko igihe kigeze kugira ngo Uburayi bwongere kuba igihangange

February 14, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko u Burayi bugomba kwiyubaka nk’imbaraga zikomeye mu bya politiki n’umutekano ku rwego mpuzamahanga, ashimangira ko igihe kigeze ngo […]

U Bwongereza: Minisitiri w’Intebe yasabye Sir Jim Ratcliffe gusaba imbabazi nyuma yo kuvuga ko igihugu ‘cyakoronejwe n’abimukira’

February 12, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Sir Keir Starmer yavuze ko amagambo ajyanye n’abimukira yavuzwe n’umuherwe uri mu bambere muri icyo gihugu Sir Jim Ratcliffe, akaba ari […]

Abanyafurika barenga 300 bapfiriye mu ntambara yo muri Ukraine

February 12, 2026 ICK News 0

Abarwanyi barenga 1,400 baturutse mu bihugu 35 bya Afurika biyandikishije kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine kuva mu 2023, kandi abagera kuri 316 […]

U Rwanda rwabaye urwa gatatu muri Afurika mu kurwanya ruswa

February 10, 2026 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Kuri uyu wa 10 Gashyantare 2026, hagaragajwe ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango ‘Transparency International’ bugaragaza ko u Rwanda rwitwaye neza mu bipimo byo kurwanya ruswa, aho rwaje […]

Abayobozi bagomba kuryozwa imishinga itinda gushyirwa mu bikorwa- Perezida Kagame

February 5, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi b’inzego zose kubazwa inshingano zabo no kwemeza ko imishinga y’iterambere ishyirwa mu bikorwa uko bikwiye mu gihe baba bahawe ibyangombwa […]

U Rwanda rwahawe igihembo mpuzamahanga cya ‘GovTech’

February 5, 2026 Philbert MBONIGABA 0

U Rwanda rwatsindiye igihembo mpuzamahanga cya Serivisi nziza za Leta ku Isi (Best Government Service in the World) mu bihembo bya GovTech Prize 2026, rubikesha […]

Perezida Kagame yahaye inshingano nshya abarimo Brig Gen Nyirubutama 

January 30, 2026 Ibyimana Cofi 0

Perezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika. Aba […]

U Buyapani: Uwishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe yakatiwe igifungo cya burundu

January 21, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Tetsuya Yamagami wishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe, yakatiwe igifungo cya burundu, nyuma y’imyaka itatu n’igice amurasiye mu ruhame akamwica mu mwaka […]

No Image

Australia yakajije amategeko yo gutunga intwaro nyuma y’igitero cy’i Bondi

January 20, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Amategeko mashya akaze muri Australia agenga intwaro yemejwe kuri uyu wa Kabiri, arimo gahunda yo kugura no gukusanya intwaro ziri mu baturage, kugabanya iyinjizwa ry’intwaro […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 … 47 »

AMAKURU MASHYA

  • Manchester City yatsinze Arsenal, urugamba rwa Shampiyona y’u Bwongereza rurushaho gukomera

    Ikipe ya Manchester City yatsinze Arsenal FC ibitego 2-1 mu mukino wari ishiraniro, bituma ihatana ryo kwegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza rirushaho gukomera. Uyu […]

  • Brig Gen Ronald Rwivanga yasobanuye ibyiciro 10 by’itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi

    Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itabaye igikorwa cyabaye mu kanya gato, ahubwo yateguwe mu buryo […]

  • Abarenga 1,700 barahungabanye mu Cyumweru cy’Icyunamo – RBC

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), cyatangaje ko mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyatangiye ku wa 7 Mata kigasozwa ku […]

  • ‎Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori byatangiye kubahirizwa

    ‎Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2026, hatangiye kubahirizwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda, aho lisansi yazamutse ku kigero cyo hejuru […]

  • Pope Leo yagaragaje ko isi iri gusenywa n’abayobozi bayishora mu ntambara

    Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Pope Leo XIV, yatangaje ko isi iri gusenywa n’“abanyagitugu bake,” mu ijambo rikomeye yagejeje ku baturage bo mu mujyi wa Bamenda, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS