• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Perezida Kagame yasabye ko Afurika igira uruhare rugaragara mu iterambere rya AI

July 8, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ikwiye kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), agaragaza ko […]

U Rwanda ntiruzigera ruba ingwate y’abashaka kugoreka amateka – Perezida Kagame

June 27, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rutazigera ruba ingwate y’abashaka kugoreka amateka cyangwa kuyavuga uko babyifuza, ashimangira ko ukuri ku […]

Perezida Kagame yasabye abayobozi bashya gukorera abaturage no gukorana mu gushakira Igihugu ibisubizo

June 17, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasabye abayobozi bashya bamaze kurahirira inshingano muri Guverinoma no mu zindi nzego z’Igihugu gukorera abaturage, gukorana hagati yabo […]

Perezida Kagame yageze muri Togo

June 15, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze mu mujyi wa Lomé muri Togo kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Kamena 2026, aho yakiriwe […]

Perezida Kagame yakiriye intumwa z’abayobozi b’ibigo bikomeye byo muri Panama

June 10, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye intumwa zigizwe n’abanyamuryango 19 b’umuryango Mpuzamahanga w’Abayobozi Bakiri Bato b’Ibigo n’Abashoramari (Young Presidents’ Organization), YPO, n’abo bashakanye, […]

Zelensky yasabye Putin ko bagirana ibiganiro imbonankubone byo kurangiza intambara

June 5, 2026 Manishimwe Janvier 0

‎Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yasabye ko habaho ibiganiro imbonankubone hagati ye na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, mu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye ku […]

U Rwanda na Amerika bari mu biganiro byo kongera ubufatanye mu by’isanzure

June 5, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

U Rwanda rwatangaje ko rushaka kongera ubufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubushakashatsi bwo mu isanzure, guhanga udushya no guteza imbere ikoranabuhanga […]

Minisitiri Nduhungirehe agaragaza ko ejo hazaza h’umubano w’u Rwanda na Amerika hazabyara amahirwe menshi

June 5, 2026 ICK News 0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano wu Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gutera imbere, ashimangira ko ibice […]

Perezida Kagame yashimye ubutwari bwa Macron mu kwemera uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

June 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Perezida Kagame, yashimye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku butwari n’ubumuntu yagaragaje mu kwemera uruhare rw’u Bufaransa mu mateka yagejeje […]

Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko kutayobywa n’abaharabika u Rwanda bashaka amaramuko

May 31, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kwirinda kuyobywa n’abantu bafite umugambi wo guharabika igihugu no gukwirakwiza amakuru agamije kugisenya, ashimangira ko urubyiruko rugomba kuba […]

Posts pagination

« 1 2 3 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS