• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

‘Sauna’ ishyushye cyane si nziza- Menya ibishobora kwangiza udusabo tw’intanga

July 3, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu gihe benshi bakunda gusohokera no kwinezereza mu mazu azwi nka ‘Sauna’, abashakashatsi baragira inama abantu kwitondera gukoresha sauna ishyushye cyane kuko bishobora kugira ingaruka […]

Muhanga-Rongi: Batangiye kubyaza umusaruro amashanyarazi bahawe

July 2, 2024 IRAMBONA Papias 0

Nyuma y’amezi atandatu bahawe umuriro, bamwe mu baturage bo mu Mudugugu wa Fumbwe, Akagali ka Gasagara, Umurenge wa Rongi ho mu Karere ka Muhanga bavuga […]

Ibyaranze umukino wo gufungura Sitade Amahoro

July 1, 2024 ICK News 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki 1 Nyakanga 2024 nibwo Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro sitade Amahoro yari imaze imyaka ibiri iri kuvugururwa. […]

TTC Muramba na ADEC Ruhanga basobanuriwe byinshi kuri ICK

June 30, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 29 Kamena 2024, abanyeshuri mu mu mashuri yisumbuye ‘TTC Muramba na ADEC Ruhanga’ yo mu Karere ka Ngororero basobanuriwe byinshi […]

Handball-Playoff: APR na Police zigiye gucakiranira ku mukino wa nyuma

June 29, 2024 Darius Shumbusho 0

 Ikipe y’ingabo z’u Rwanda n’iya polisi y’u Rwanda mu mukino wa Handball zatsindiye guhurira ku mukino wa nyuma mu mikino ya playoff. Imikino yo kwishakamo […]

Ruhango-Muhanga-Kamonyi: Barashima Perezida Kagame wabahinduriye ubuzima

June 24, 2024 ICK News 0

Abaturage bo mu turere twa Ruhango, Muhanga na Kamonyi barashimira Perezida Paul Kagame ku bw’uruhare rwe mu iterambere ryabo. Ibi byagaragarijwe mu Murenge wa Shyogwe, […]

Imbamutima z’abivuriza ku Bitaro bya Nyabikenke

June 24, 2024 IRAMBONA Papias 0

Bamwe mu baturage bivuriza ku Bitaro bikuru bya Nyabikenke biherereye mu Murenge wa Kiyumba mu Karere ka Muhanga bakomeje gushima servisi bahabwa n’ibi bitaro ndetse […]

Kamonyi: Barasaba gusaranganywa amazi muri iki gihe cy’Impeshyi

June 22, 2024 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi by’umwihariko mu tugari twa Muganza na Kabagesera barasaba ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) […]

Kamonyi: Batewe impungenge n’ivumbi ryinshi riterwa n’ikorwa ry’umuhanda

June 20, 2024 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu bakoresha umuhanda Ruyenzi-Gihara-Nkoto uherereye mu Karere ka Kamonyi batewe impungenge n’ivumbi riri kugaragara muri uyu muhanda umaze hafi umwaka ukorwa. Bamwe mu baganiriye […]

Isiganwa ‘Youth Race Cup’ ryakinwe ku nshuro ya 12

June 17, 2024 Darius Shumbusho 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 16 Kamena 2024, i Musanze habereye isiganwa ry’amagare mu bakiri bato ‘Youth Race Cup’. Iri rushanwa ryizihizaga isabukuru y’umwaka umwe […]

Posts pagination

« 1 … 187 188 189 … 204 »

AMAKURU MASHYA

  • Perezida Kagame yasobanuye inyungu u Rwanda rukura mu kwakira ibikorwa bya siporo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko siporo ari kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu guhuza abantu no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu, […]

  • Pep Guardiola aratanduka na Manchester City nyuma y’umukino wo ku Cyumweru

    Umutoza w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Pep Guardiola w’imyaka 55 y’amavuko, yatangaje ko azava muri Manchester City mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, asoza urugendo rw’imyaka 10 […]

  • Rwanda’s media sector found rich in experience but facing financial and structural challenges

    A new study on Rwanda’s media sector has revealed a profession filled with experienced and committed practitioners, but one still struggling with low pay, unstable […]

  • ICK: Abanyeshuri beretswe uko bakwitegura guhangana ku isoko ry’umurimo

    Mu rwego rwo gukomeza kuzamura ireme ry’uburezi no gufasha abanyeshuri guhuza amasomo n’ibikorwa bifatika, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), ryateguye ikiganiro cyihariye cyagenewe abanyeshuri […]

  • Muhanga: Abanyeshuri bo muri Cyeza bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

    Urubyiruko rwo mu mashuri abanza n’ayisumbuye yo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, rwazindukiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS