Impinduka mu mategeko azakoreshwa muri Premier League 2026/27
Umwaka w’imikino wa 2026/27, muri shampiyona y’u Bwongereza, (Premier League), iratangira kuri uyu wa Gatanu, ikipe ya Arsenal yatwaye igikombe cy’umwaka ushize ikina na Coventry […]
Umwaka w’imikino wa 2026/27, muri shampiyona y’u Bwongereza, (Premier League), iratangira kuri uyu wa Gatanu, ikipe ya Arsenal yatwaye igikombe cy’umwaka ushize ikina na Coventry […]
Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye igaragaza ko uturere turimo amashuri yatsindishije neza tuyobowe na Kirehe Abanyeshuri […]
Kuri uyu wa Kane, ubwo hatangazwaga amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6) n’icyiciro cya mbere cy’ayisumbuye (S3), Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko […]
Myugariro w’Umunyarwanda Manzi Thierry yatandukanye na Al Ahli Tripoli yo muri Libya, nyuma y’uko impande zombi zumvikanye ku gusesa amasezerano zari zifitanye. Manzi yari amaze […]
Ubwoba bw’icyorezo cya Ebola burimo gutuma abagore batwite bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) batinya kujya kwivuriza ku bigo nderabuzima. Ibi […]
Umuvugizi wa APR FC, Tony Kabanda, yatangaje ko iyi kipe iri gutegura ikiganiro n’itangazamakuru, aho izatanga ibisobanuro ku mpamvu yikuye mu irushanwa rya FERWAFA Super […]
Umutoza mushya wa Real Madrid, José Mourinho, yavuze ko amakenga no kuzuyaza kwa Rodrigo Hernández “Rodri” ari byo byatumye iyi kipe ihagarika ibiganiro byo kumusinyisha, […]
Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yatsindiye manda ya kabiri yo kuyobora igihugu, nyuma yo kubona amajwi angana na 60% y’ibyavuye mu matora yabaye ku wa […]
Mu iburanisha ry’ibanze ry’urubanza rw’iyicwa ry’umuraperi w’icyamamare Tupac Shakur, ubushinjacyaha bwashinje uwahoze ari umuyobozi w’agatsiko k’abagizi ba nabi, Duane “Keffe D” Davis, kuba ari we […]
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva yasabye abayobozi n’abafatanyabikorwa mu rwego rw’amazi n’isuku muri Afurika gushyira imbaraga mu bikorwa bifatika, aho gukomeza kugarukira ku […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS