Ushobora kuba ari wowe ntandaro yo kubura ibyishimo, menya impamvu
Hari abantu batekereza ko kubura ibyishimo mu buzima biterwa no kuba mu buzima bubi gusa cyangwa se kubura abantu bagukunda, gusa siko biri kuko hari […]
Hari abantu batekereza ko kubura ibyishimo mu buzima biterwa no kuba mu buzima bubi gusa cyangwa se kubura abantu bagukunda, gusa siko biri kuko hari […]
Mu birori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, Guverineri Alice Kayitesi yasabye abagore kwitinyuka bagakoresha amahirwe igihugu cyashyizeho bakiteza imbere. Guverineri Kayitesi […]
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 8 Werurwe 2025, abanyeshuri biga mu mashuri Gatolika ya Diyosezi ya Kabgayi bagaragaje ko biteguye gusigasira umuco Nyarwanda. Ibi […]
Nubwo Papa Fransisko akomeje kuvurirwa mu bitaro bya Gemelli i Roma, ntibimubuza gukomeza inshingano ze za gishumba cyane ko mu minsi itatu ishize nta bibazo […]
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Werurwe 2025 APR BBC yatsinze REG BBC bigoranye. Uyu mukino wabereye mu nyubako y’imikino n’imyidagaduro […]
Hashize imyaka irenga ijana, aho buri wa 8 Werurwe isi yose yizihiza umunsi wahariwe abagore. Uyu munsi watangiye mu 1908, ubwo abagore 15,000 bakoraga imyigaragambyo […]
Guverinoma ya Sudani y’Epfo yatangaje ko ku wa Gatanu tariki ya 7 Werurwe, umujenerali n’abasirikare benshi biciwe mu gitero cyagabwe kuri kajugujugu y’Umuryango w’Abibumbye yageragezaga […]
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Werurwe 2025, abagize umuryango mugari w’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) basusurukijwe n’ibirori byo kugaragaza […]
Ibitangazamakuru byinshi byo muri Koreya y’Epfo biratangaza ko abantu 15 bo muri icyo gihugu bakomerekeye mu mpanuka y’indege, aho babiri muri bo bakomeretse bikabije, nyuma […]
Ku wa Kane, tariki ya 06 Werurwe 2025, mu karere ka Gicumbi hasojwe amahugurwa y’abanyamuryango b’ihuriro ry’urubyiruko rikora ibikorwa by’ubuhinzi bugamje ishoramari (RYAF). Ni amahugurwa […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS