Sierra Leone: Abantu 8 bahitanwe no kugwirwa n’inyubako
Abantu umunani nibo bimaze kwemezwa ko bahitanywe n’inyubako y’amagorofa arindwi yaguye mu murwa mukuru wa Sierra Leone, Freetown. Mu gihe ibikorwa by’ubutabazi bikomeje, Ikigo cy’igihugu […]
Abantu umunani nibo bimaze kwemezwa ko bahitanywe n’inyubako y’amagorofa arindwi yaguye mu murwa mukuru wa Sierra Leone, Freetown. Mu gihe ibikorwa by’ubutabazi bikomeje, Ikigo cy’igihugu […]
Imibare y’abahitanywe n’imyuzure iherutse kwibasira u Burayi bwo hagati ikomeje kwiyongera kuko muri Repubulika ya Czech, Polonye na Autriche hagaragaye abandi bantu bahitanywe n’iyo myuzure. […]
Afurika ni umugabane ufite umutungo kamere mwinshi ariko ukaba unafite abaturage bakiri bato benshi kuko benshi muri bo bari munsi y’imyaka 25. Ibyo bivuze ko […]
Abantu ibihumbi magana bamaze kwimurwa kubera inkubi y’umuyaga ikomeye yibasiye Umujyi wa Shangahai. Ikigo gishinzwe iteganyagihe mu Bushinwa cyatangaje ko iyi nkubi y’umuyaga yiswe Bebinca […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 13 Nzeri 2024, abantu 37, barimo Abanyamerika batatu, Umwongereza, Umubiligi, Umunyakanada n’Abanye-Kongo bakatiwe urwo gupfa kubera kugerageza guhirika ubutegetsi […]
Mu myaka y’1990 kugeza muri 2000, Igihugu cy’u Bushinwa cyagize izamuka rikomeye ry’ubukungu ryatumye gikenera kongera ingano y’ibyo gitumiza mu mahanga. Mubyo ubushinwa bwatumizaga muri […]
Mu Kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ubwo yari mu ndege asubira i Vatikani, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko yavuze ko amatora ya perezida muri […]
Ushobora kuba uzi umuntu ukunda gutonganya ibikoresho bye, cyangwa se akagaragariza amarangamutima ibindi bintu bitari abantu. Kimwe mu byo abashakashatsi bahurizaho ku gitera umuntu kwitwara […]
Tariki 10 Nzeri 2024, nibwo Nyampinga w’Ububiligi wa 2024, Kenza Johanna Ameloot, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yasangije abamukurikira ifoto ari kumwe n’abana b’abanyeshuri […]
Ikigo gikora ubushakashatsi mu by’itangazamakuru ‘Neilsen Holding plc’ cyatangaje ko abantu bagera kuri miliyoni 67.1 nibo barebye ikiganiro mpaka cyahuje Donald Trump na Kamala Harris, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS