• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Ibibazo by’ubuzima bw’ingimbi n’abangavu bikomeje kwiyongera–OMS

September 28, 2024 Umutesi Aline 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku buzima (OMS) riratangaza ko hakenewe ishoramari rihambaye mu kwita ku bwiyongere bw’ibibazo by’ubuzima bw’ingimbi n’abangavu bakabakaba Miliyari 1.3 bo […]

Ingabo za Sudani zagabye igitero gikomeye i Khartoum

September 27, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Nzeri 2024, Igisirikare cya leta ya Sudani cyagabye igitero gikomeye ku mutwe ihanganye nawo wa Rapid Support Forces […]

Benin: Abakekwaho guhirika ubutegetsi batawe muri yombi

September 26, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 25 Nzeri 2024, Umushinjacyaha wa Leta ya Bénin yavuze ko abagabo batatu, barimo uwahoze ari Minisitiri wa Siporo ndetse […]

Umwana umwe muri batatu ntabona neza-Kubera iki?

September 25, 2024 AYERA Belyne 0

Ubumuga bw’amaso bw’abana bukomeje kwiyongera ku Isi kuko ubushakashatsi mpuzamahanga bugaragaza ko umwana umwe mu bana batatu ashobora kuba afite ikibazo cyo kutareba neza kure […]

Ingaruka ziri mu kubyarira abandi

September 25, 2024 AYERA Belyne 0

Ubushakashatsi bwakozwe n’abarimu bo muri Kaminuza ya Ontario Queen yo muri Canada bwerekanye ko abagore babyarira abandi ‘surrogates’ bafite ibyago byinshi byo kugira ibibazo bikomeye […]

Amashuri y’ubutekamutwe akomeje kongera umubare w’abajura  

September 24, 2024 ICK News 0

Uburengerazuba bwa Afurika by’umwihariko Ghana na Nigeria, buri guhura n’ikibazo cy’ubwiyongere bw’abagize itsinda ryiyise ‘hustle kingdoms’. Ubwami bw’aba-Hustle ni amashuri atemewe yigisha abantu gukora ubujura […]

Amerika yohereje izindi ngabo mu burasirazuba bwo hagati

September 23, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 22, Nzeri 2024, Ibiro bya gisirikare cya Leta zunze ubumwe z’America, Pentagon byavuze ko Leta zunze ubumwe z’Amerika zohereje […]

Putin arasaba abagore kubyara abana benshi

September 23, 2024 ICK News 0

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, arasaba abagore gukora ariko bakanabyara abana benshi kuko igipimo cy’ivuka kigenda kigabanuka mu gihugu cye. Ibi Perezida Putin yabitangaje ku […]

Iran: 51 bamaze gutakariza ubuzima mu iturika ry’ikirombe

September 22, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri iki cyumweru, taraki ya 22, Nzeri 2024, igitangazamakuru cya leta ya Iran cyatangaje ko abantu 51 bamaze guhitanwa n’iturika rya gazi yaturikiye mu kirombe […]

Ubuzima: ½ cy’abatuye Isi ntibabona intungamubiri zihagije

September 21, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ubushakashatsi bwa ‘The Lancet Global Health’ bugaragaza ko kimwe cya kabiri cy’abatuye isi batarya intungamubiri zihagije mu mafunguro ya buri munsi bafata. Nk’uko ubu bushakashatsi […]

Posts pagination

« 1 … 68 69 70 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS