• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Kenya: Polisi yasanze ibice by’imibiri y’abagore ahamenwa imyanda

July 14, 2024 AYERA Belyne 0

Nyuma y’uko ku wa Gatanu habonetse imibiri y’abagore batandatu yaciwemo ibice, ku wa Gatandatu tariki 13 Nyakanga 2024, polisi yongeye kubona indi mifuka itanu irimo […]

Uburusiya: Perezida yasinye itegeko rishya ryo kuzamura umusoro ku nyungu

July 13, 2024 AYERA Belyne 0

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, ku wa 13 Nyakanga 2024 yashyize umukono ku mushinga ushyiraho itegeko ryo kuzamura imisoro ungana na miliyari zirenga 30$, ugamije […]

Amatora2024: Amateka y’amatora mu Rwanda

July 11, 2024 Muvunankiko Valens 0

Tariki ya 14 na 15 Nyakanga 2024, mu Rwanda hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika yakomatanyirijwe hamwe n’amatora y’abadepite. Ni amatora yakomatanyijwe kubera impamvu zirimo; […]

Kibeho: Ingoro ya Bikira Mariya irahimbaza isabukuru y’imyaka 21 imaze ihawe umugisha

May 31, 2024 NDAHAYO Elias 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 31 Gicurasi 2024, Abakiristu baturutse mu bihugu bitandukanye bahuriye i Kibeho mu birori byo guhimbaza isabukuru y’imyaka 21 Ingoro ya […]

Mu mibare: Ibibazo bitegereje uri butsinde amatora muri Afurika y’Epfo

May 31, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu gihe hamaze gutangazwa amajwi arengaho gato 58% mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko yo muri Afurika y’Epfo, Ishyaka ANC riri ku btegetsi riracyayoboye gusa […]

PISA 2025: Minisiteri y’Uburezi yatangije isuzuma ryagenewe abanyeshuri batarengeje imyaka 15

May 27, 2024 UMUTONIWASE Christella 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki 27 Gicurasi 2024, Minisiteri y’Uburezi, ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) yatangije icyiciro cy’igerageza cya gahunda mpuzamahanga […]

Umunyemari Rujugiro yitabye Imana: Bimwe mu byo wamenya ku buzima bwe

April 17, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Umunyemari w’Umunyarwanda Tribert Rujugiro Ayabatwa, wari umaze imyaka yarahunze u Rwanda, yitabye Imana ku myaka 82. Inkuru y’urupfu rwa Ayabatwa Tribert Rujugiro yamenyekanye mu ijoro […]

Posts pagination

« 1 … 76 77

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS