• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Nepal: Impanuka y’indege yahitanye 18 harokoka umwe

July 24, 2024 AYERA Belyne 0

Kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Nyakanga 2024 abantu 18 baguye mu mpanuka y’indege ya Saurya Airlines yabereye ku kibuga cy’indege cya Nepal. Nk’uko polisi […]

Siporo n’Ubuzima: Inama z’impuguke mu myitozo ngororamubiri

July 23, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kubera ihindagurika ry’imibereho ya muntu, muri iki gihe benshi bakunze guhura n’ingaruka zo kudakora siporo cyangwa se ugasanga hari n’abahuye n’ingaruka zo kuba bakoraga siporo […]

Perezida Biden yahisemo kutongera guhatanira kuyobora Amerika

July 21, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden yatangaje ko ataziyamamariza kongera kuyobora iki gihugu mu matora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka. Perezida Biden afashe […]

Umwami w’u Bwongereza yashyize ahagaragara gahunda za Minisitiri w’intebe mushya

July 17, 2024 AYERA Belyne 0

Umwami w’u Bwongereza, Charles III, yashyize ahagaragara gahunda z’ingenzi za Minisitiri w’Intebe mushya, Keir Starmer, zigamije guteza imbere ubukungu bw’igihugu mu 2025. Ibi yabitangaje kuri […]

Umugore w’umugabo wishwe n’amasasu yarashwe Trump yanze kuvugana na Perezida Biden

July 16, 2024 AYERA Belyne 0

Helen Comperatore ufite umugabo waguye aharasiwe Trump yanze kuvugana na Perezida wa Leta zunze ubwumwe za Amerika, Joe Biden kuri telefoni. Perezida Biden yagerageje guhamagara […]

Amerika: Trump yatangaje J.D. Vance nk’umukandida ku mwanya wa visi perezida

July 16, 2024 AYERA Belyne 0

Donald Trump yatangaje Senateri, J.D. Vance, wahoze amunenga ndetse akamwita Hitler wa Amerika nk’umukandida umwungirije mu matora azaba mu Ugushyingo 2024. Iki cyemezo cyemejwe n’abadepite […]

Kenya: Ukekwaho ubwicanyi ruharwa yemeye ko yishe abagore 42 mu myaka ibiri

July 16, 2024 Kwihangana Joshua 0

Polisi yo muri Kenya iratangaza ko Collins Jumaisi Khalusha ukekwaho ubwicanyi ruharwa yiyemerera ubwe ko yishe abagore 42 mu gihe cy’imyaka ibiri ishize. Mu bagore […]

Impamvu zishobora gutuma umuntu aba umwicanyi ruharwa

July 16, 2024 Kwihangana Joshua 0

Nk’uko inzobere zibigaragaza, igituma umuntu aba umwicanyi ruharwa ni uruhurirane rw’ibintu bibi. Inzobere eshatu mu mitekerereze n’ubwicanyi ruharwa Dr. Scott Bonn, Dr. Katherine Ramsland, na […]

Impamvu yatumye abatarabashije kwiyimura bemererwa gutorera aho bari

July 15, 2024 Kwihangana Joshua 0

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Rwanda (NEC) yatangaje ko impamvu bahisemo kwemerera buri wese gutorera ahamwegereye ari uko basanze ikibazo cy’Abanyarwanda batabashije kwiyimura kuri lisiti y’itora […]

Amatora2024: Ibyishimo, Ubwitabire n’Ibyifuzo by’Abanyarwanda baba mu mahanga

July 14, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu gihe Abanyarwanda baba mu bihugu by’amahanga baramukiye mu matora, bamwe mu batuye muri Leta zunze Ubumwe za Amerika barifuza ko mu matora y’Ubutaha hazakoreshwa […]

Posts pagination

« 1 … 75 76 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS