• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

U Rwanda rwahinduye inoti ya 5000 Frw n’iya 2000 Frw

August 30, 2024 Kwihangana Joshua 0

Nk’uko bigaragazwa n’Iteka Iteka rya Perezida n° 073/01 ryo ku wa 29 Kanama 2024 ryasohotse mu Igazeti ya Leta kuri uyu wa Gatanu tariki ya […]

Menya ibiranga Gen.Z, Millennials na Gen. Alpha

August 30, 2024 Umutesi Aline 0

Muri Nyakanga 2024, Igihugu cya Kenya cyibasiwe n’imyigaragambyo y’abagize igisekuru cyiswe Generation Zoomer cyangwa Gen-Z aho bifuzaga impinduka mu miyoborere y’iki gihugu. Mu Rwanda buri […]

Imirimo yo kuvugurura Paruwasi St Andre Gitarama igeze kuri 80%

August 30, 2024 Kwihangana Joshua 0

Ubuyobozi bwa Paruwasi yisunze Mutagatifu Andereya ya Gitarama buratangaza ko imirimo yo kuvugurura Kiliziya y’iyi paruwasi igeze ku kigero cya 80%. Ibi byatangajwe na Padiri […]

ICK: Musenyeri Balthazar yamurikiwe Ishami ry’Ubuzima

August 30, 2024 Umutesi Aline 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 29 Kanama 2024, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepisikopi wa Diyosezi ya Kabgayi akaba n’Umuyobozi w’ikirenga w’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi […]

Imibare y’abanyeshuri batsinze ibizamini bya Leta yashyizwe ahagaragara

August 27, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kanama 2024, ku cyicaro gikuru cy’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA hatangarijwe amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta […]

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro yatangije inama nyunguranabitekerezo ku komora ibikomere

August 26, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Kanama 2024, kuri Hotel Saint Famille mu mujyi wa Kigali, Komisiyo y’Abepiskopi Gatolika y’Ubutabera n’Amahoro yatangije inama  nyunguranabitekerezo […]

Isano iri hagati yo kurya inyama no kurwara indwara zidakira  

August 24, 2024 Umutesi Aline 0

Inyama, agashingwaryinyo, akaboga, akadahingwa, imbonekarimwe […] Aya ni amwe mu mazina akunze gukoreshwa iyo Abanyarwanda bavuga inyama kubera urukundo benshi bazikunda. N’ubwo inyama zikunzwe na […]

Gicumbi: Barasaba kwegerezwa ifumbire

August 24, 2024 Muhire Obed 0

Bamwe mu bakorera ubuhinzi bw’imboga mu gishanga cya Gasharu n’icya Gashirwe biri mu Murenge wa Byumba wo mu Karere ka Gicumbi baravuga ko bakomeje kurumbya […]

Rayon Sports inganyije n’Amagaju FC

August 23, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Rayon Sports FC inganyije na Amagaju FC ibitego 2-2 mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, umwaka w’imikino wa 2024-2025. […]

Ikibazo cy’amatara kuri ‘Kigali Pèle Stadium’ cyashakiwe umuti by’agateganyo

August 23, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Nyuma y’ubutumwa bugufi Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yanyujije kuri X, Umujyi wa Kigali wahise itangaza ko ubu wabaye ushatse moteri ishobora kwifashishwa mu gucana […]

Posts pagination

« 1 … 104 105 106 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS