Trump arifuza ko Amerika yacunga ibigo bitanga ingufu muri Ukraine
Nyuma y’ibyumweru bashyamiraniye muri White House, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, bavuze ko bagiranye ikiganiro kuri […]
Nyuma y’ibyumweru bashyamiraniye muri White House, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, bavuze ko bagiranye ikiganiro kuri […]
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leza zunze ubumwe za Amerika bwasohoye amadosiye ibihumbi y’inyandiko za leta zijyanye n’iyicwa […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo bwatangije umushinga mushya wo gukwirakwiza umuriro w’amashyanyarazi ku baturage basaga ibihumbi cumi na bibiri. Igikorwa cyo gutangiza uyu mushinga cyabereye mu […]
Abashakashatsi ba NASA, Butch Wilmore na Suni Williams, bagarutse ku Isi amahoro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Werurwe 2025, nyuma y’amezi icyenda bari […]
Perezida Vladimir Putin yanze guhagarika intambara mu buryo bwihuse kandi bwuzuye muri Ukraine, yemera gusa guhagarika ibitero ku bikorwa remezo bitanga ingufu bya Ukraine nyuma […]
Ku wa mbere, tariki ya 17 Werurwe, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko icyemezo cy’ubutegetsi bwa Trump cyo guhagarika imfashanyo z’amahanga “cyahagaritse […]
Minisiteri y’ubuzima iyoborwa na Hamas yavuze ko nibura abantu 400 bamaze gupfa nyuma y’ibitero bikomeye by’indege za Israel muri Gaza mu ijoro ryo ku wa […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Werurwe 2025 mu karere ka Muhanga, abarimu ba kaminuza zigisha itangazamakuru mu Rwanda batangije Ihuriro ‘Rwanda Journalism Educators Network […]
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ateganya kuvugana na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin ku wa Kabiri kugira ngo baganire […]
Ikipe y’ingabo z’igihugu mu mukino w’intoki wa Basketball (APR BBC) yasoje imikino ibanza ya Shampiyona iri ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Patriots BBC […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS