• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Hafi miliyoni 300 bafite ibyago byo kwicwa n’inzara – Raporo

May 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Raporo nshya y’ikigo mpuzamahanga ‘Global Network Against Food Crises’ (GNAFC), yagaragaje ko mu mwaka wa 2025 ikibazo cy’ibura ry’ibiribwa cy’iyongereye ku muvuduko udasanzwe, aho hafi […]

Imirimo yo kubaka uruganda rutungaya urumogi rwifashishwa mu buvuzi igeze kuri 83%

May 16, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) kiratangaza ko imirimo yo kubaka uruganda rutunganya urumogi rukoreshwa mu buvuzi igeze kuri 83%. RDB yamenyesheje Inteko Ishinga Amategeko ko imirimo […]

“Nzakora ibishoboka byose kugira ngo amahoro aganze”- Papa Leo XIV

May 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 14 Gicurasi 2025, Nyirubutungane Papa Leo wa XIV yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza hagati y’abayobozi b’ibihugu biri mu ntambara, […]

Mali: Guverinoma iyobowe n’igisirikare yasheshe amashyaka ya politiki

May 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, Guverinoma iyobowe n’igisirikare muri Mali yatangaje ko yasheshe amashyaka yose ya politiki akorera mu gihugu, ishyira mu […]

Gaza: Abantu 48 bahitanwe n’ibitero bya Isiraheli

May 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ibitaro byo mu majyaruguru ya Gaza byavuze ko Abanya-Palestina basaga 48 biciwe mu bitero by’indege za gisirikare za Isiraheli byagabwe mu ijoro ku wa 13 […]

Amerika yakiriye abazungu b’Abanyafurika y’Epfo 56 bahawe ubuhungiro na Trump

May 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Itsinda rya mbere ry’abazungu 59 b’Abanyafurika y’Epfo ryageze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye guhabwa ubuhungiro bemerewe na perezida Donald Trump. BBC dukesha […]

U Buhinde: Ibibuga by’indege 32 byongeye gukora nyuma y’agahenge

May 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ikigo gishinzwe iby’indege mu Buhinde (AAI) cyatangaje kuri uyu wa Mbere ko ibibuga by’indege 32 biherereye mu majyaruguru no mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Buhinde […]

RGB yahagaritse ‘Grace Room’ kubera kunyuranya n’amategeko

May 10, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa 10 Gicurasi, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko rwambuye icyangombwa cy’ubuzimagatozi Minisiteri ya Grace Room, iyoborwa na Pasiteri Julienne Kabanda, kubera kutubahiriza […]

“Habemus Papam”-Papa mushya yatowe

May 8, 2025 Philos Muhire 0

Inzogera zitangiye kuvuga hirya no hino. Impamvu nta yindi ni uko Kiliziya Gatolika ku isi imaze kubona Umushumba mushya, Umusimbura wa Petero Intumwa. Itora rya […]

Libiya yateye utwatsi ibyo kwakira abirukanwa muri Amerika

May 8, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abategetsi ba Libiya batangaje kuri uyu wa Gatatu ko nta masezerano namwe bigeze bagirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ajyanye no kwakira abimukira badafite […]

Posts pagination

« 1 … 69 70 71 … 131 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS