Nyamagabe: Inzego z’ubuyobozi n’umutekano zasabye abaturage gufatanya mu kurwanya ibyaha
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’Igihugu n’izindi nzego, bwakanguriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha, […]
