Romuald Wadagni yatorewe kuba Perezida wa Bénin
Komisiyo y’Igihugu Yigenga Ishinzwe Amatora muri Bénin, (CENA), mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 13 Mata 2026, yatangaje ko Romuald Wadagni wari Minisitiri w’Imari […]
Komisiyo y’Igihugu Yigenga Ishinzwe Amatora muri Bénin, (CENA), mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 13 Mata 2026, yatangaje ko Romuald Wadagni wari Minisitiri w’Imari […]
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG), kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Mata 2026, cyongeye kwibutsa abaturarwanda kwitwararika mu gihe basarura ibiti, cyane cyane ahari imiyoboro […]
Imikino yo kwishyura ya UEFA Champions League irakomeza kuri uyu wa Kabiri no ku wa Gatatu, aho amakipe akomeye ku mugabane w’u Burayi agiye guhatanira […]
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, (RIB), rwatangaje ko mu cyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwakiriye amadosiye 47 ajyanye n’ibyaha […]
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari inshingano ya buri Munyarwanda, kuko ari ho hakomoka imbaraga zo guharanira ubumwe, kubaka […]
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Kalinda François Xavier, yavuze ko Abanyarwanda bahisemo gukura amasomo mu mateka mabi igihugu cyanyuzemo, bagaharanira kubaka u Rwanda rutarangwamo […]
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mata 2026, Papa Leo XIV yatangiye uruzinduko rw’iminsi 11 azagirira mu bihugu bine bya Afurika: Algérie, Cameroun, Angola […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, aho yamushimiye intsinzi yegukanye mu matora aheruka yamuhesheje […]
Ibyavuye mu matora by’agateganyo bigaragaza ko Perezida wa Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu muri manda ya gatandatu ikurikirana, nyuma yo gutsinda […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Mata 2026, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Léon XIV yakiriye mu biro bye i Vatican Perezida […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS