• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: February 2026

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Perezida yakatiwe igifungo cya burundu

February 19, 2026 ICK News 0

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Yoon Suk Yeol, wahoze ari Perezida w’iki gihugu, igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha […]

Perezida Kagame yakiriye bamwe mu bitabiriye Inama Mpuzamahanga y’Uburezi

February 19, 2026 ICK News 0

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, yakiriye bamwe mu bayobozi b’abafatanyabikorwa bitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Burezi, barimo […]

Abakristu Gatolika batangiye igisibo ku wa Gatatu w’Ivu, Papa abahamagarira kwiyiriza ubusa no kwirinda amagambo akomeretsa.

February 18, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Gashyantare 2026, abakristu Gatolika ku isi hose batangiye Igihe cy’Igisibo cy’iminsi 40, kibategurira kwizihiza Pasika yibutsa ububabare, urupfu […]

Gisagara: Hizihijwe umunsi w’umuhinzi, bakangurirwa guhinga imbuto nshya y’ibigori idakangwa n’ibihe

February 18, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Ku wa Kabiri tariki ya 17 Gashyantare 2026, mu Murenge wa Save, mu Karere ka Gisagara, hizihijwe Umunsi w’Umuhinzi, abahinzi bamurikirwa imbuto z’indobanure z’ibigori zirimo […]

Muhanga: Hasojwe Urugerero rw’Inkomezabigwi, Intore zisabwa gukomeza kuba umusemburo w’ibyiza

February 17, 2026 ICK News 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yasabye Intore z’Inkomezabigwi gukomeza kuba umusemburu w’impinduka aho batuye no kuguma ku ruhembe mu guteza imbere Igihugu no gusigasira […]

Obama uherutse kuvuga ko ibivejuru bibaho yisobanuye

February 17, 2026 ICK News 0

Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasobanuye ko amahirwe ko Isi yaba isurwa n’ibiremwa byo mu isanzure bizwi nka ‘aliens’ […]

Abarimo Obama bitabiriye NBA All Star game yegukanywe na USA Stars

February 16, 2026 ICK News 0

Ibirori bya NBA All-Star Game byasojwe n’umukino wegukanywe n’ikipe ya USA Stars, mu mukino witabiriwe n’ibyamamare bitandukanye ku rwego mpuzamahanga, birimo n’uwahoze ari Perezida wa […]

Tour du Rwanda yagarutse: Menya amateka n’iterambere by’iri siganwa

February 16, 2026 ICK News 0

Harabura iminsi ibarirwa ku ntoki kugira ngo irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku magare Tour du Rwanda 2026 rikinwe ku nshuro ya 18 kuva ryagirwa mpuzamahanga […]

Gukunda Bikira Mariya bigomba kugaragazwa n’imbuto mwera – Myr Ntivuguruzwa abwira abiga muri ETG Gitumba

February 15, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yabwiye abanyeshuri biga mu Ishuri ryisumbuye rya ETG Gitumba ko kuvuga ko bakunda Bikira Mariya bigomba […]

Don’t Let Love Blind You

February 14, 2026 Philos Muhire 0

As people around the world celebrate Valentine’s Day, it is also a timely moment to reflect on a growing danger in our digital age: romance […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 … 6 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Abaturage boroje inka imiryango ibiri itishoboye mu kwizihiza Umunsi w’Umuganura

    Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihizaUmunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsikoigira iti: “Umuganura, isoko y’ubumwe n’inshingiro ryokwigira.” Muri uwo muhango wabereye mu Kagari ka Gatanga, abaturagebatabashije kubona umusaruro baganujwe, hanorozwa inkaimiryango ibiri itishoboye mu rwego rwo guteza imbereimibereho myiza n’ubwizigame. Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yavuzeko insanganyamatsiko y’uyu mwaka yibutsa Abanyarwanda ko ubumwe ari bwo shingiro ry’igihugu, naho kwigira akaba ari yonzira y’iterambere rirambye ridashingiye ku nkunga ziturukahanze. Yagize ati “Umuganura ni umwanya wo gusubiza amaso inyumatukibuka ko abasokuru bacu basangiraga umusaruronk’ikimenyetso cy’ubumwe. Uyu munsi uratwibutsa gukomezagusigasira indangagaciro z’umuco nyarwanda zirimo gukundaigihugu, gukora umurimo unoze, gufashanya, gutabarana no gusabana.” Ni mu gihe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurengewa Ruhuha, Marthe Uwamugira, yavuze ko Umuganura ariumuco nyarwanda wihariye wibutsa Abanyarwanda gushimiraibyo bagezeho, gusangira umusaruro no kongera gutekereza kubyo bagomba gukora kugira ngo ejo hazaza harusheho kubaheza. Ati “Uyu munsi si uwo kureba gusa ibyo twagezeho, ahubwo niumwanya wo kwishimira ibyagezweho, gushimira uruhare rwaburi wese no kongera kwiyemeza gukora ibikorwa biteza imbereimiryango yacu. Iterambere rirambye rishingira ku ruhare rwaburi muturage.” Yakomeje asaba abaturage gukomeza gukorana n’ubuyobozi, kwitabira gahunda za Leta zigamije iterambere, kurangwan’isuku, kwita ku burezi bw’abana no kwirinda guta amashuri, kwita ku buzima birinda inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranengen’ibiyobyabwenge, guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi ndetse no kugira uruhare mu kubungabunga umutekano n’imiberehomyiza.  Yibukije kandi ko kwigira bisaba gukora no kudategerezainkunga, avuga ko “akimuhana kaza imvura ihise.” Inararibonye Ntaganzwa Jean Claude yavuze ko Umuganurawigisha buri Munyarwanda gusuzuma amahitamo yakozen’umusaruro yagezeho kugira ngo amenye aho yakosheje n’ahoakwiriye kongera imbaraga. Yagize ati: “Dukwiye gusubiza amaso inyuma tukareba ibyotwagezeho n’ibyo tutagezeho tukibaza impamvu. Ibyobizadufasha kongera umusaruro mu mwaka utaha. Tugombagukura amaboko mu mufuka, tugakora, tukigira kuko igihugucyubakwa n’abaturage bacyo bakora.” Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ubutumwa bw’uyu munsi, abaturage batabashije kubona umusaruro baganujwe basangiran’abandi, hanorozwa inka imiryango ibiri itishoboye mu rwegorwo kuyifasha kwiteza imbere no kongera ubushobozi bwokwigira. Umunsi w’Umuganura waranzwe no gusangira umusaruro,abaturage bagaragaza ko gukomeza ubumwe, gusangira no gukorera hamwe ari imwe mu nkingi zubaka iterambererirambye ry’igihugu. Umwanditsi: Sifa Falka

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS