• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: February 2026

U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyoni 78.5$ izakoreshwa mu kuhira i Kayonza

February 25, 2026 ICK News 0

Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, (IFAD) cyahaye Leta y’u Rwanda inkunga ya miliyoni 78.5 z’amadolari izakoreshwa mu guteza imbere urwego rw’ubuhinzi. Amasezerano y’iyi nkunga […]

Amerika: Trump yagaragaje ko ‘habayeho izamuka ry’ubukungu ridasanzwe’ mu gihe cy’ubuyobozi bwe

February 25, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ibyo yagezeho mu bukungu mu ijambo rye rya “State of the Union” ryamaze igihe kirekire […]

Amerika: Abepiskopi Gatolika basaba ko hubahirizwa ‘agaciro ka muntu’ mu ishyirwa mu bikorwa ry’amategeko agenga abimukira

February 25, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Abepiskopi Gatolika 18 bo muri Leta zikora ku mipaka ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, basohoye itangazo risaba ubuyobozi bw’iki gihugu guhindura politiki zimwe na […]

Perezida wa UCI yihanganijshije ababuriye ababo mu mpanuka yabaye muri Tour du Rwanda

February 24, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Perezida w’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI), David Lappartient yatangaje ko yababajwe n’impanuka ikomeye yabaye ubwo hatangizwaga Tour du Rwanda 2026, yihanganisha imiryango ifite […]

Misa zibera kuri Bazilika ya Mutagatifu Petero zigiye kujya zisemurwa mu ndimi 60 hifashishijwe AI

February 24, 2026 ICK News 0

Vatikani yatangaje ko guhera mu rugaryi izatangiza uburyo bushya bwo guhindura indimi icyarimwe bukoresheje ubwenge buhangano (AI), buzafasha abantu gukurikira ibirori bya liturijiya bibera muri […]

Amerika: Ingendo z’indege zirenga 5,000 zahagaritswe kubera urubura

February 24, 2026 ICK News 0

Umuyaga ukomeye wibasiye inkombe z’iburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa mbere, uzana urubura rwinshi rwaciye agahigo mu mateka, bituma ubuzima bwa […]

Impamvu u Rwanda rukeneye abakozi 3000 bo gutanga serivisi z’ubutaka

February 23, 2026 ICK News 0

Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette yatangaje ko igihugu gikeneye abakozi 3000 bo gufasha mu guhangana n’ikibazo cya serivisi z’ubutaka zisigaye zitinda. Yatangaje ko ikibazo cya […]

U Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi muri Ukraine – Perezida Zelensky

February 23, 2026 ICK News 0

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko u Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi mu gihugu cye, asaba umuryango mpuzamahanga kuyihagarika nta gukererwa. Ibi Zelensky […]

Should couples reveal their past before marriage?

February 20, 2026 ICK News 0

As couples prepare for marriage and a life together, one question often arises: is it necessary to share every secret from the past? In everyday […]

Perezida Trump ashobora kwitirirwa ikibuga cy’indege cy’i Florida

February 20, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batoye itegeko rigamije kwitirira Perezida Donald Trump, ikibuga cy’indege cyo muri iyi Leta. […]

Posts pagination

« 1 2 3 … 6 »

AMAKURU MASHYA

  • Zelensky yasabye Putin ko bagirana ibiganiro imbonankubone byo kurangiza intambara

    ‎Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yasabye ko habaho ibiganiro imbonankubone hagati ye na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, mu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye ku […]

  • U Rwanda na Amerika bari mu biganiro byo kongera ubufatanye mu by’isanzure

    U Rwanda rwatangaje ko rushaka kongera ubufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubushakashatsi bwo mu isanzure, guhanga udushya no guteza imbere ikoranabuhanga […]

  • Huye: Hatashywe sitasiyo y’ikorabuhanga ifata ibipimo by’ikirere ku butumburuke bwa kilometero 40

    Mu rwego rwo gukomeza kunoza uburyo bwo gukusanya no gutanga amakuru y’iteganyagihe yizewe, Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bayo yatashye ku mugaragaro sitasiyo ya […]

  • Minisitiri Nduhungirehe agaragaza ko ejo hazaza h’umubano w’u Rwanda na Amerika hazabyara amahirwe menshi

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano wu Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gutera imbere, ashimangira ko ibice […]

  • Muhanga: Bamwe mu bacuruzi barinubira ubukode buhanitse mu isoko rya Nyabisindu

    Bamwe mu bacuruzi bato bakorera mu isoko rishya rya Nyabisindu riherereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, barinubira ibiciro by’ubukode bihanitse nyuma y’uko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS