• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: February 2026

U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyoni 78.5$ izakoreshwa mu kuhira i Kayonza

February 25, 2026 ICK News 0

Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, (IFAD) cyahaye Leta y’u Rwanda inkunga ya miliyoni 78.5 z’amadolari izakoreshwa mu guteza imbere urwego rw’ubuhinzi. Amasezerano y’iyi nkunga […]

Amerika: Trump yagaragaje ko ‘habayeho izamuka ry’ubukungu ridasanzwe’ mu gihe cy’ubuyobozi bwe

February 25, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ibyo yagezeho mu bukungu mu ijambo rye rya “State of the Union” ryamaze igihe kirekire […]

Amerika: Abepiskopi Gatolika basaba ko hubahirizwa ‘agaciro ka muntu’ mu ishyirwa mu bikorwa ry’amategeko agenga abimukira

February 25, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Abepiskopi Gatolika 18 bo muri Leta zikora ku mipaka ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, basohoye itangazo risaba ubuyobozi bw’iki gihugu guhindura politiki zimwe na […]

Perezida wa UCI yihanganijshije ababuriye ababo mu mpanuka yabaye muri Tour du Rwanda

February 24, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Perezida w’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI), David Lappartient yatangaje ko yababajwe n’impanuka ikomeye yabaye ubwo hatangizwaga Tour du Rwanda 2026, yihanganisha imiryango ifite […]

Misa zibera kuri Bazilika ya Mutagatifu Petero zigiye kujya zisemurwa mu ndimi 60 hifashishijwe AI

February 24, 2026 ICK News 0

Vatikani yatangaje ko guhera mu rugaryi izatangiza uburyo bushya bwo guhindura indimi icyarimwe bukoresheje ubwenge buhangano (AI), buzafasha abantu gukurikira ibirori bya liturijiya bibera muri […]

Amerika: Ingendo z’indege zirenga 5,000 zahagaritswe kubera urubura

February 24, 2026 ICK News 0

Umuyaga ukomeye wibasiye inkombe z’iburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa mbere, uzana urubura rwinshi rwaciye agahigo mu mateka, bituma ubuzima bwa […]

Impamvu u Rwanda rukeneye abakozi 3000 bo gutanga serivisi z’ubutaka

February 23, 2026 ICK News 0

Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette yatangaje ko igihugu gikeneye abakozi 3000 bo gufasha mu guhangana n’ikibazo cya serivisi z’ubutaka zisigaye zitinda. Yatangaje ko ikibazo cya […]

U Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi muri Ukraine – Perezida Zelensky

February 23, 2026 ICK News 0

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko u Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi mu gihugu cye, asaba umuryango mpuzamahanga kuyihagarika nta gukererwa. Ibi Zelensky […]

Should couples reveal their past before marriage?

February 20, 2026 ICK News 0

As couples prepare for marriage and a life together, one question often arises: is it necessary to share every secret from the past? In everyday […]

Perezida Trump ashobora kwitirirwa ikibuga cy’indege cy’i Florida

February 20, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batoye itegeko rigamije kwitirira Perezida Donald Trump, ikibuga cy’indege cyo muri iyi Leta. […]

Posts pagination

« 1 2 3 … 6 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Abaturage boroje inka imiryango ibiri itishoboye mu kwizihiza Umunsi w’Umuganura

    Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihizaUmunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsikoigira iti: “Umuganura, isoko y’ubumwe n’inshingiro ryokwigira.” Muri uwo muhango wabereye mu Kagari ka Gatanga, abaturagebatabashije kubona umusaruro baganujwe, hanorozwa inkaimiryango ibiri itishoboye mu rwego rwo guteza imbereimibereho myiza n’ubwizigame. Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yavuzeko insanganyamatsiko y’uyu mwaka yibutsa Abanyarwanda ko ubumwe ari bwo shingiro ry’igihugu, naho kwigira akaba ari yonzira y’iterambere rirambye ridashingiye ku nkunga ziturukahanze. Yagize ati “Umuganura ni umwanya wo gusubiza amaso inyumatukibuka ko abasokuru bacu basangiraga umusaruronk’ikimenyetso cy’ubumwe. Uyu munsi uratwibutsa gukomezagusigasira indangagaciro z’umuco nyarwanda zirimo gukundaigihugu, gukora umurimo unoze, gufashanya, gutabarana no gusabana.” Ni mu gihe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurengewa Ruhuha, Marthe Uwamugira, yavuze ko Umuganura ariumuco nyarwanda wihariye wibutsa Abanyarwanda gushimiraibyo bagezeho, gusangira umusaruro no kongera gutekereza kubyo bagomba gukora kugira ngo ejo hazaza harusheho kubaheza. Ati “Uyu munsi si uwo kureba gusa ibyo twagezeho, ahubwo niumwanya wo kwishimira ibyagezweho, gushimira uruhare rwaburi wese no kongera kwiyemeza gukora ibikorwa biteza imbereimiryango yacu. Iterambere rirambye rishingira ku ruhare rwaburi muturage.” Yakomeje asaba abaturage gukomeza gukorana n’ubuyobozi, kwitabira gahunda za Leta zigamije iterambere, kurangwan’isuku, kwita ku burezi bw’abana no kwirinda guta amashuri, kwita ku buzima birinda inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranengen’ibiyobyabwenge, guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi ndetse no kugira uruhare mu kubungabunga umutekano n’imiberehomyiza.  Yibukije kandi ko kwigira bisaba gukora no kudategerezainkunga, avuga ko “akimuhana kaza imvura ihise.” Inararibonye Ntaganzwa Jean Claude yavuze ko Umuganurawigisha buri Munyarwanda gusuzuma amahitamo yakozen’umusaruro yagezeho kugira ngo amenye aho yakosheje n’ahoakwiriye kongera imbaraga. Yagize ati: “Dukwiye gusubiza amaso inyuma tukareba ibyotwagezeho n’ibyo tutagezeho tukibaza impamvu. Ibyobizadufasha kongera umusaruro mu mwaka utaha. Tugombagukura amaboko mu mufuka, tugakora, tukigira kuko igihugucyubakwa n’abaturage bacyo bakora.” Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ubutumwa bw’uyu munsi, abaturage batabashije kubona umusaruro baganujwe basangiran’abandi, hanorozwa inka imiryango ibiri itishoboye mu rwegorwo kuyifasha kwiteza imbere no kongera ubushobozi bwokwigira. Umunsi w’Umuganura waranzwe no gusangira umusaruro,abaturage bagaragaza ko gukomeza ubumwe, gusangira no gukorera hamwe ari imwe mu nkingi zubaka iterambererirambye ry’igihugu. Umwanditsi: Sifa Falka

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS