• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: January 2026

Abanyeshuri ba ICK na EAUR bungutse ubumenyi bwo gukora inkuru zicukumbuye

January 23, 2026 ICK News 0

Ku wa Kane, tariki ya 22 Mutarama 2026, abanyeshuri 31 biga itangazamakuru mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na East Africa University Rwanda basoje […]

Student Journalists trained to strengthen investigative reporting in Rwanda

January 23, 2026 ICK News 0

Thirty-one students studying journalism and related fields on Thursday, January 22, 2026, completed a four-day training in investigative and data journalism aimed at strengthening the […]

Buri wese yahawe arenga miliyoni 190FRW: Perezida wa Sénégal yahembye ikipe y’igihugu yatwaye CAN

January 22, 2026 Ibyimana Cofi 0

Nyuma yo gutsinda Morroco ku mukino wa nyuma igitego 1- 0  Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye, yafashe icyemezo cyo kugenera  agahimbazamusyi kadashanzwe abakinnyi, abatoza n’abandi […]

U Buyapani: Uwishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe yakatiwe igifungo cya burundu

January 21, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Tetsuya Yamagami wishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe, yakatiwe igifungo cya burundu, nyuma y’imyaka itatu n’igice amurasiye mu ruhame akamwica mu mwaka […]

No Image

Australia yakajije amategeko yo gutunga intwaro nyuma y’igitero cy’i Bondi

January 20, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Amategeko mashya akaze muri Australia agenga intwaro yemejwe kuri uyu wa Kabiri, arimo gahunda yo kugura no gukusanya intwaro ziri mu baturage, kugabanya iyinjizwa ry’intwaro […]

Umusifuzi Jabo Aristote wanze igitego cya APR FC yahanwe

January 20, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryafatiye ibihano umusifuzi Jabo Aristote, rimuhagarika gusifura imikino ine, kubera amakosa yabaye mu mukino wahuje APR FC […]

Papa Leo XIV arateganya gusura ibihugu bine bya Afurika muri Werurwe 2026

January 19, 2026 Philos Muhire 0

Karidinali Fridolin AMBONGO, Perezida w’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi Gatolika muri Afurika yatangaje ko mu kwezi kwa Werurwe 2026, Papa Leo XIV azagirira uruzinduko ku mugabane wa […]

Muhanga-Shyogwe: Barasaba gusubizwa imirima bavuga ko banyazwe

January 19, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bahoranye imirima mu gishanga giherereye mu Kagari ka Kinini, mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, ubu Igororero rya Muhanga rikaba rigitwikiramo […]

Abasenateri bagiye gusura abaturage harebwa iterambere ry’ubworozi

January 17, 2026 ICK News 0

Sena y’u Rwanda igiye gusura abaturage mu gihugu hose, hagamijwe kureba ibikorwa mu guteza imbere ubworozi. Byatangajwe na Sena ku wa Gatanu tariki ya 16 […]

Canada n’u Bushinwa byinjiye mu mikoranire mishya

January 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Canada yatangaje impinduka ikomeye muri politiki yayo y’ubucuruzi, yemeza kugabanya imisoro ku modoka zimwe na zimwe zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa mu rwego rwo kwihimura […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 … 6 »

AMAKURU MASHYA

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS