• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: January 2026

Abanyeshuri ba ICK na EAUR bungutse ubumenyi bwo gukora inkuru zicukumbuye

January 23, 2026 ICK News 0

Ku wa Kane, tariki ya 22 Mutarama 2026, abanyeshuri 31 biga itangazamakuru mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na East Africa University Rwanda basoje […]

Student Journalists trained to strengthen investigative reporting in Rwanda

January 23, 2026 ICK News 0

Thirty-one students studying journalism and related fields on Thursday, January 22, 2026, completed a four-day training in investigative and data journalism aimed at strengthening the […]

Buri wese yahawe arenga miliyoni 190FRW: Perezida wa Sénégal yahembye ikipe y’igihugu yatwaye CAN

January 22, 2026 Ibyimana Cofi 0

Nyuma yo gutsinda Morroco ku mukino wa nyuma igitego 1- 0  Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye, yafashe icyemezo cyo kugenera  agahimbazamusyi kadashanzwe abakinnyi, abatoza n’abandi […]

U Buyapani: Uwishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe yakatiwe igifungo cya burundu

January 21, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Tetsuya Yamagami wishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe, yakatiwe igifungo cya burundu, nyuma y’imyaka itatu n’igice amurasiye mu ruhame akamwica mu mwaka […]

No Image

Australia yakajije amategeko yo gutunga intwaro nyuma y’igitero cy’i Bondi

January 20, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Amategeko mashya akaze muri Australia agenga intwaro yemejwe kuri uyu wa Kabiri, arimo gahunda yo kugura no gukusanya intwaro ziri mu baturage, kugabanya iyinjizwa ry’intwaro […]

Umusifuzi Jabo Aristote wanze igitego cya APR FC yahanwe

January 20, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryafatiye ibihano umusifuzi Jabo Aristote, rimuhagarika gusifura imikino ine, kubera amakosa yabaye mu mukino wahuje APR FC […]

Papa Leo XIV arateganya gusura ibihugu bine bya Afurika muri Werurwe 2026

January 19, 2026 Philos Muhire 0

Karidinali Fridolin AMBONGO, Perezida w’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi Gatolika muri Afurika yatangaje ko mu kwezi kwa Werurwe 2026, Papa Leo XIV azagirira uruzinduko ku mugabane wa […]

Muhanga-Shyogwe: Barasaba gusubizwa imirima bavuga ko banyazwe

January 19, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bahoranye imirima mu gishanga giherereye mu Kagari ka Kinini, mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, ubu Igororero rya Muhanga rikaba rigitwikiramo […]

Abasenateri bagiye gusura abaturage harebwa iterambere ry’ubworozi

January 17, 2026 ICK News 0

Sena y’u Rwanda igiye gusura abaturage mu gihugu hose, hagamijwe kureba ibikorwa mu guteza imbere ubworozi. Byatangajwe na Sena ku wa Gatanu tariki ya 16 […]

Canada n’u Bushinwa byinjiye mu mikoranire mishya

January 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Canada yatangaje impinduka ikomeye muri politiki yayo y’ubucuruzi, yemeza kugabanya imisoro ku modoka zimwe na zimwe zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa mu rwego rwo kwihimura […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 … 6 »

AMAKURU MASHYA

  • Zelensky yasabye Putin ko bagirana ibiganiro imbonankubone byo kurangiza intambara

    ‎Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yasabye ko habaho ibiganiro imbonankubone hagati ye na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, mu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye ku […]

  • U Rwanda na Amerika bari mu biganiro byo kongera ubufatanye mu by’isanzure

    U Rwanda rwatangaje ko rushaka kongera ubufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubushakashatsi bwo mu isanzure, guhanga udushya no guteza imbere ikoranabuhanga […]

  • Huye: Hatashywe sitasiyo y’ikorabuhanga ifata ibipimo by’ikirere ku butumburuke bwa kilometero 40

    Mu rwego rwo gukomeza kunoza uburyo bwo gukusanya no gutanga amakuru y’iteganyagihe yizewe, Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bayo yatashye ku mugaragaro sitasiyo ya […]

  • Minisitiri Nduhungirehe agaragaza ko ejo hazaza h’umubano w’u Rwanda na Amerika hazabyara amahirwe menshi

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano wu Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gutera imbere, ashimangira ko ibice […]

  • Muhanga: Bamwe mu bacuruzi barinubira ubukode buhanitse mu isoko rya Nyabisindu

    Bamwe mu bacuruzi bato bakorera mu isoko rishya rya Nyabisindu riherereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, barinubira ibiciro by’ubukode bihanitse nyuma y’uko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS