• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: October 2025

Police urges journalists to verify information before publication

October 16, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

The Rwanda National Police (RNP) has called on journalists to prioritize accuracy and fact verification before publishing news stories, emphasizing that misinformation undermines public trust […]

Kim Kardashian yahakanye ibyo kwima Kanye West uburenganzira ku bana babo

October 16, 2025 Kabano Patrick 0

Umunyamideli w’Umunyamerika Kim Kardashian yahakanye ibivugwa ku mbuga nkoranyambaga bimushinja kubuza Kanye West guhura n’abana babyaranye, avuga ko ibyo ari ibihuha bidafite ishingiro. Ibi yavbivugiye […]

Journalism educators prepare to introduce new course on managing stress and trauma

October 16, 2025 Philbert MBONIGABA 0

A group of nine journalism lecturers from Rwandan universities gathered for a two-day workshop held on October 14 and 15 to finalize preparations for a […]

Muhanga: Umusore yagwiriwe n’urukuta rw’inzu ahita apfa

October 15, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Umusore witwa Iradukunda Eric, w’imyaka 24 y’amavuko ukomoka mu Murenge wa Muhanga, yitabye Imana nyuma yo kugwirwa n’urukuta rw’inzu rwarimo gusenywa, mu gihe abandi bantu […]

U Rwanda rugiye gutangira gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga

October 15, 2025 Manishimwe Janvier 0

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko mu minsi iri imbere u Rwanda ruzatangiza gahunda nshya yo gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga, igamije kunoza serivisi z’irangamimerere no koroshya uburyo […]

Leta y’u Rwanda yagabanyije amafaranga yishyurwaga mu gupimisha ubutaka

October 15, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuwa 14 Ukwakira, 2025, Ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko raporo y’ibikorwa byo kunoza serivisi za Leta ku baturage, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana yatangaje […]

No Image

Kenya: Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe yitabye Imana

October 15, 2025 ICK News 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo humvikanye urupfu rw’umunyapolitiki wo muri Kenya Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe imyaka itanu.Amakuru yasohowe n’ibitaro bya Sreedhareeyam […]

Taylor Swift yanditse amateka yo kugurisha kopi nyinshi za album shya mu cyumweru

October 14, 2025 Kabano Patrick 0

Umuhanzikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Taylor Swift, yongeye kwigaragaza nk’umwe mu bahanzi bafite ingufu n’ijambo rikomeye mu ruhando rw’umuziki w’isi, nyuma yo gushyira hanze album […]

Afurika y’Epfo yatsinze Amavubi, ibona itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026

October 14, 2025 ICK News 0

Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo (Bafana Bafana) yatsinze Amavubi y’u Rwanda ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa nyuma wo mu itsinda C mu rugendo rwo […]

Karongi: Urubyiruko rwa Mubuga rurataka ibura ry’ibikoresho byo kwifashisha muri siporo

October 14, 2025 ICK News 0

Rumwe mu rubyiruko rwo mu kagari ka Nyagatovu, umurenge wa Mubuga, mu karere ka Karongi ruhangayikishijwe n’ibura ry’ibikoresho byo kwifashisha muri siporo, ibintu ruvuga ko […]

Posts pagination

« 1 … 6 7 8 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Abaturage boroje inka imiryango ibiri itishoboye mu kwizihiza Umunsi w’Umuganura

    Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihizaUmunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsikoigira iti: “Umuganura, isoko y’ubumwe n’inshingiro ryokwigira.” Muri uwo muhango wabereye mu Kagari ka Gatanga, abaturagebatabashije kubona umusaruro baganujwe, hanorozwa inkaimiryango ibiri itishoboye mu rwego rwo guteza imbereimibereho myiza n’ubwizigame. Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yavuzeko insanganyamatsiko y’uyu mwaka yibutsa Abanyarwanda ko ubumwe ari bwo shingiro ry’igihugu, naho kwigira akaba ari yonzira y’iterambere rirambye ridashingiye ku nkunga ziturukahanze. Yagize ati “Umuganura ni umwanya wo gusubiza amaso inyumatukibuka ko abasokuru bacu basangiraga umusaruronk’ikimenyetso cy’ubumwe. Uyu munsi uratwibutsa gukomezagusigasira indangagaciro z’umuco nyarwanda zirimo gukundaigihugu, gukora umurimo unoze, gufashanya, gutabarana no gusabana.” Ni mu gihe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurengewa Ruhuha, Marthe Uwamugira, yavuze ko Umuganura ariumuco nyarwanda wihariye wibutsa Abanyarwanda gushimiraibyo bagezeho, gusangira umusaruro no kongera gutekereza kubyo bagomba gukora kugira ngo ejo hazaza harusheho kubaheza. Ati “Uyu munsi si uwo kureba gusa ibyo twagezeho, ahubwo niumwanya wo kwishimira ibyagezweho, gushimira uruhare rwaburi wese no kongera kwiyemeza gukora ibikorwa biteza imbereimiryango yacu. Iterambere rirambye rishingira ku ruhare rwaburi muturage.” Yakomeje asaba abaturage gukomeza gukorana n’ubuyobozi, kwitabira gahunda za Leta zigamije iterambere, kurangwan’isuku, kwita ku burezi bw’abana no kwirinda guta amashuri, kwita ku buzima birinda inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranengen’ibiyobyabwenge, guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi ndetse no kugira uruhare mu kubungabunga umutekano n’imiberehomyiza.  Yibukije kandi ko kwigira bisaba gukora no kudategerezainkunga, avuga ko “akimuhana kaza imvura ihise.” Inararibonye Ntaganzwa Jean Claude yavuze ko Umuganurawigisha buri Munyarwanda gusuzuma amahitamo yakozen’umusaruro yagezeho kugira ngo amenye aho yakosheje n’ahoakwiriye kongera imbaraga. Yagize ati: “Dukwiye gusubiza amaso inyuma tukareba ibyotwagezeho n’ibyo tutagezeho tukibaza impamvu. Ibyobizadufasha kongera umusaruro mu mwaka utaha. Tugombagukura amaboko mu mufuka, tugakora, tukigira kuko igihugucyubakwa n’abaturage bacyo bakora.” Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ubutumwa bw’uyu munsi, abaturage batabashije kubona umusaruro baganujwe basangiran’abandi, hanorozwa inka imiryango ibiri itishoboye mu rwegorwo kuyifasha kwiteza imbere no kongera ubushobozi bwokwigira. Umunsi w’Umuganura waranzwe no gusangira umusaruro,abaturage bagaragaza ko gukomeza ubumwe, gusangira no gukorera hamwe ari imwe mu nkingi zubaka iterambererirambye ry’igihugu. Umwanditsi: Sifa Falka

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS