• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by Kabano Patrick

Umuririmbyi Ishimwe Vestine yaciye amarenga yo gutandukana n’umugabo we

November 18, 2025 Kabano Patrick 0

Umuririmbyi w’ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, yaciye amarenga yo gutandukana n’umugabo we, Idrissa Jean Luc Ouédraogo, nyuma yo gushyira ubutumwa kuri Instagram […]

Eddy Kenzo yateye utwatsi amasezerano y’inzu z’umuziki zikomeye ku isi

November 14, 2025 Kabano Patrick 0

Umuyobozi wa Big Talent Entertainment, Eddy Kenzo, yavuze ku cyemezo gikomeye yafashe mu rugendo rwe rwa muzika, ubwo yangaga amasezerano yatanzwe n’inzu zikomeye zitunganya umuziki […]

Niyo Bosco avuga ko ubumuga bwo kutabona bwamuhishuriye ko Imana ibaho

November 12, 2025 Kabano Patrick 0

Umuhanzi w’umunyarwanda Niyo Bosco, wamamaye mu ndirimbo zakunzwe nka Ubugenza Ute, Ibanga na Seka n’izindi, yagaragaje urugendo rudasanzwe rw’ubuzima bwe mu kiganiro yagiranye na One […]

Igitaramo cya Move Afrika kigiye kongera kubera i Kigali

October 30, 2025 Kabano Patrick 0

Nyuma y’uko ibitaramo bya Move Afrika byaherukaga kuzana ibyamamare mpuzamahanga mu muziki nka John Legend na Kendrick Lamar, umuryango Global Citizen watangaje ko iki gitarmo […]

Angélique Kidjo yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

October 27, 2025 Kabano Patrick 0

Umuhanzi mpuzamahanga Angélique Kidjo ukomoka muri Bénin yongeye kwandika amateka nyuma yo guhabwa igihembo cy’ikirenga“The Best of Africa Lifetime Achievement Award”, igihembo gihabwa umuntu wagize […]

Tyla yashyizwe ku rutonde rw’abagore b’indashyikirwa rwa 2025

October 23, 2025 Kabano Patrick 0

Umuhanzi ukiri muto wo muri Afurika y’Epfo, Tyla yanditse andi mateka akomeye mu rugendo rwe rwa muzika nyuma yo gutoranywa nk’umwe mu bagore b’indashyikirwa b’umwaka […]

Eddy Kenzo yisubiyeho, asubira mu nshingano ze zo kuyobora UNMF

October 21, 2025 Kabano Patrick 0

Umuririmbyi w’Umunya-Uganda Eddy Kenzo yemeje ko atazegura ku buyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Abahanzi ba Uganda (National Musicians Federation – UNMF), nyuma y’uko amajwi yasakaye ku mbuga nkoranyambaga […]

No Image

Nicki Minaj uherutse kuvuga ko yavuye mu muziki, agiye gutaramira muri Afurika y’Epfo

October 20, 2025 Kabano Patrick 0

Umuraperikazi w’icyamamare ku isi, Nicki Minaj, yongeye kuvugisha abantu nyuma yo gutangaza ko we n’itsinda rye bari gutekereza ku buryo yakorera igitaramo muri Afurika y’Epfo. […]

Element Eleeeh ahataniye ibihembo bitatu muri Iconic Awards 2025

October 17, 2025 Kabano Patrick 0

Umuhanzi akaba n’umwe mu batunganaya umuziki mu Rwanda, Element Eleeeh, ari mu bahataniye Iconic Awards 2025, bimwe mu bihembo bikomeye bigenerwa abanyamuziki n’abahutunganya ku rwego […]

Kim Kardashian yahakanye ibyo kwima Kanye West uburenganzira ku bana babo

October 16, 2025 Kabano Patrick 0

Umunyamideli w’Umunyamerika Kim Kardashian yahakanye ibivugwa ku mbuga nkoranyambaga bimushinja kubuza Kanye West guhura n’abana babyaranye, avuga ko ibyo ari ibihuha bidafite ishingiro. Ibi yavbivugiye […]

Posts pagination

1 2 3 »

AMAKURU MASHYA

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

  • Muhanga: Abaturiye ICK bishimira impinduka abanyeshuri bazanye ku bucuruzi

    Bamwe mu baturage baturanye n’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bavuga ko imibereho yabo ikomeje gutera imbere kubera uruhare rugaragara ku bucuruzi rwazanywe n’abanyeshuri biga […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS