• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: October 2025

Rwanda: Gahunda yo kwimakaza ikoranabuhanga mu buvuzi irakataje

October 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

U Rwanda rukomeje urugendo rwo guteza imbere ubuvuzi bushingiye ku makuru yizewe kandi agezweho, aho rwatangije uburyo bushya bwo guhuza amakuru y’ubuzima ava ku nzego […]

Ambasade ya Suède yasuye ICK hagamijwe gusuzuma iterambere ry’imikoranire isanzweho

October 13, 2025 ICK News 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Ukwakira 2025, itsinda rigizwe n’abantu batanu baturutse muri Ambasade ya Suède mu Rwanda, bari kumwe n’uhagarariye Fojo Media […]

Swedish Embassy delegation visits ICK to assess Journalism education partnership

October 13, 2025 ICK News 0

A five-member delegation from the Swedish Embassy in Rwanda, accompanied by a representative from the Fojo Media Institute, visited the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) […]

Menya Lt Col. Régis Rwagasana na Mukakizima bahinduriwe imirimo n’Umukuru w’Igihugu

October 12, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Ku wa 10 Ukwakira 2025, Perezida Paul Kagame yagize Col Régis Rwagasana Sankara Umuyobozi wungirije w’lbiro bya Perezida wa Repubulika mu gihe Viviane Mukakizima yagizwe […]

Mexique: Imyuzure yahitanye abantu 27

October 11, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Ku wa Kane no ku wa Gatanu, imyuzure ikomeye yatewe n’imvura nyinshi yibasiye Mexique, imaze guhitana abantu 27 , mugihe hakiri abandi benshi baburiwe irengero. […]

Amavubi yatsindiwe imbere ya Perezida Kagame mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026

October 10, 2025 ICK News 0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Amavubi) yatsindiwe mu rugo na Benin igitego 1-0 mu mukino wa cyenda wo mu itsinda C mu mikino yo gushaka itike […]

Peru: Perezida Dina Boluarte yegujwe ku butegetsi kubera ubwiyongere bw’ibyaha

October 10, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Perezida Dina Boluarte wa Peru yakuwe ku butegetsi na Kongere mu buryo bwihuse, mu ijoro rishyira ku wa Gatanu, nyuma y’iraswa ry’abantu ryabereye mu gitaramo […]

Drake agiye kujuririra icyemezo cy’urukiko cyatesheje agaciro ikirego cye kuri Kendrick Lamar

October 10, 2025 Kabano Patrick 0

Umuraperi w’umunya-Canada, Drake, yemeje ko agiye kujurira icyemezo cy’Urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwatesheje agaciro ikirego yari yaratanze arega umuraperi Kendrick Lamar […]

María Corina Machado yahawe igihembo cy’amahoro cya Nobel

October 10, 2025 ICK News 0

Umunya-Venezuela Maria Corina Machado, utavuga rumwe na Leta muri Venezuela, yahawe Igihembo cy’Amahoro cya Nobel kubera uruhare rwe mu guteza imbere amahoro no kurengera demokarasi […]

U Rwanda rwahawe asaga miliyari 160 Frw yo guteza imbere ikorwa ry’inkingo, ubuvuzi n’ubukungu

October 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wageneye u Rwanda inkunga ya miliyoni 95 z’ama-euro, angana n’asaga miliyari 160 z’amafaranga y’u Rwanda igenewe mu guteza imbere ikorwa […]

Posts pagination

« 1 … 7 8 9 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Abaturage boroje inka imiryango ibiri itishoboye mu kwizihiza Umunsi w’Umuganura

    Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihizaUmunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsikoigira iti: “Umuganura, isoko y’ubumwe n’inshingiro ryokwigira.” Muri uwo muhango wabereye mu Kagari ka Gatanga, abaturagebatabashije kubona umusaruro baganujwe, hanorozwa inkaimiryango ibiri itishoboye mu rwego rwo guteza imbereimibereho myiza n’ubwizigame. Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yavuzeko insanganyamatsiko y’uyu mwaka yibutsa Abanyarwanda ko ubumwe ari bwo shingiro ry’igihugu, naho kwigira akaba ari yonzira y’iterambere rirambye ridashingiye ku nkunga ziturukahanze. Yagize ati “Umuganura ni umwanya wo gusubiza amaso inyumatukibuka ko abasokuru bacu basangiraga umusaruronk’ikimenyetso cy’ubumwe. Uyu munsi uratwibutsa gukomezagusigasira indangagaciro z’umuco nyarwanda zirimo gukundaigihugu, gukora umurimo unoze, gufashanya, gutabarana no gusabana.” Ni mu gihe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurengewa Ruhuha, Marthe Uwamugira, yavuze ko Umuganura ariumuco nyarwanda wihariye wibutsa Abanyarwanda gushimiraibyo bagezeho, gusangira umusaruro no kongera gutekereza kubyo bagomba gukora kugira ngo ejo hazaza harusheho kubaheza. Ati “Uyu munsi si uwo kureba gusa ibyo twagezeho, ahubwo niumwanya wo kwishimira ibyagezweho, gushimira uruhare rwaburi wese no kongera kwiyemeza gukora ibikorwa biteza imbereimiryango yacu. Iterambere rirambye rishingira ku ruhare rwaburi muturage.” Yakomeje asaba abaturage gukomeza gukorana n’ubuyobozi, kwitabira gahunda za Leta zigamije iterambere, kurangwan’isuku, kwita ku burezi bw’abana no kwirinda guta amashuri, kwita ku buzima birinda inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranengen’ibiyobyabwenge, guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi ndetse no kugira uruhare mu kubungabunga umutekano n’imiberehomyiza.  Yibukije kandi ko kwigira bisaba gukora no kudategerezainkunga, avuga ko “akimuhana kaza imvura ihise.” Inararibonye Ntaganzwa Jean Claude yavuze ko Umuganurawigisha buri Munyarwanda gusuzuma amahitamo yakozen’umusaruro yagezeho kugira ngo amenye aho yakosheje n’ahoakwiriye kongera imbaraga. Yagize ati: “Dukwiye gusubiza amaso inyuma tukareba ibyotwagezeho n’ibyo tutagezeho tukibaza impamvu. Ibyobizadufasha kongera umusaruro mu mwaka utaha. Tugombagukura amaboko mu mufuka, tugakora, tukigira kuko igihugucyubakwa n’abaturage bacyo bakora.” Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ubutumwa bw’uyu munsi, abaturage batabashije kubona umusaruro baganujwe basangiran’abandi, hanorozwa inka imiryango ibiri itishoboye mu rwegorwo kuyifasha kwiteza imbere no kongera ubushobozi bwokwigira. Umunsi w’Umuganura waranzwe no gusangira umusaruro,abaturage bagaragaza ko gukomeza ubumwe, gusangira no gukorera hamwe ari imwe mu nkingi zubaka iterambererirambye ry’igihugu. Umwanditsi: Sifa Falka

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS