• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: October 2025

Ibiciro ku masoko byazamutseho 7,3% muri Nzeri 2025 – NISR

October 10, 2025 ICK News 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku masoko mu Rwanda byazamutseho 7,3% muri Nzeri 2025 ugereranyije na Nzeri 2024. Iri zamuka ryiyongereye ugereranyije n’ukwezi […]

Israel yemeje agahenge mu ntambara na Hamas muri Gaza

October 10, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Guverinoma ya Israel yemeye igice cya mbere cy’amasezerano y’agahenge mu ntambara ihanganyemo  na Hamas muri Gaza, aho hateganyijwe guhagarika imirwano no gusubirana hagati y’impande zombi […]

Inzu ya Vinícius Junior ukinira Real Madrid yafashwe n’inkongi y’umuriro

October 9, 2025 ICK News 0

Umukinnyi w’ikipe ya Real Madrid n’ikipe y’igihugu ya Brazil, Vinícius Júnior, yagize ibyago nyuma y’uko inzu ye iherereye mu gace ka La Moraleja mu mujyi […]

Amavubi arasabwa gutsinda Benin akiyongerera amahirwe yo gukina igikombe cy’isi 2026

October 9, 2025 ICK News 0

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” izakina umukino ukomeye ku wa Gatanu saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18:00) kuri Stade Amahoro, aho izaba yakiriye ikipe ya Benin […]

Karongi: Uko Koperative Abahizi yahinduye ubuzima bw’urubyiruko rwa Mubuga

October 9, 2025 ICK News 0

Urubyiruko rutandukanye rwo mu murenge wa Mubuga, mu karere ka Karongi, ruvuga ko rwishimira iterambere rumaze kugeraho rubikesha akazi rukora kajyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bakorera […]

Israel na Hamas bumvikanye guhagarika intambara

October 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Israel n’umutwe wa Hamas bemeranyije ku cyiciro cya mbere cy’amasezerano y’amahoro, arimo no guhagarika […]

U Burundi: Bujumbura yibasiwe n’icyorezo cya Cholera

October 8, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umurwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi, Bujumbura, watangaje ko uri mu rugamba rukomeye rwo guhangana n’icyorezo cya Cholera cyongeye kwaduka ku muvuduko utigeze ubaho mu myaka […]

Karongi: Abaturage ba Mubuga bashima irondo ry’umwuga ryabakuye mu bwoba

October 8, 2025 ICK News 0

Mu Murenge wa Mubuga, Akarere ka Karongi, abaturage barashima intambwe imaze guterwa mu gucunga umutekano nyuma y’uko hatangijwe irondo ry’umwuga. Bavuga ko iri rondo ryahinduye […]

Nyabihu: Abayobozi 14 batawe muri yombi bakekwaho uburiganya

October 7, 2025 ICK News 0

Abayobozi 14 bo mu Karere ka Nyabihu batawe muri yombi bakekwaho icyaha cy’uburiganya bufitanye isano n’amafaranga yagenewe gusana inzu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]

Muhanga: Abaturiye icyanya cy’inganda batarahabwa ingurane baratabaza

October 7, 2025 Byiringiro Patrick 0

Bamwe mu baturage batuye hafi y’icyanya cy’inganda cya Muhanga, giherereye mu murenge wa Nyamabuye, baravuga ko bakomeje kubaho mu buzima bubagoye bitewe n’uko batarishyurwa ingurane […]

Posts pagination

« 1 … 8 9 10 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Abaturage boroje inka imiryango ibiri itishoboye mu kwizihiza Umunsi w’Umuganura

    Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihizaUmunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsikoigira iti: “Umuganura, isoko y’ubumwe n’inshingiro ryokwigira.” Muri uwo muhango wabereye mu Kagari ka Gatanga, abaturagebatabashije kubona umusaruro baganujwe, hanorozwa inkaimiryango ibiri itishoboye mu rwego rwo guteza imbereimibereho myiza n’ubwizigame. Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yavuzeko insanganyamatsiko y’uyu mwaka yibutsa Abanyarwanda ko ubumwe ari bwo shingiro ry’igihugu, naho kwigira akaba ari yonzira y’iterambere rirambye ridashingiye ku nkunga ziturukahanze. Yagize ati “Umuganura ni umwanya wo gusubiza amaso inyumatukibuka ko abasokuru bacu basangiraga umusaruronk’ikimenyetso cy’ubumwe. Uyu munsi uratwibutsa gukomezagusigasira indangagaciro z’umuco nyarwanda zirimo gukundaigihugu, gukora umurimo unoze, gufashanya, gutabarana no gusabana.” Ni mu gihe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurengewa Ruhuha, Marthe Uwamugira, yavuze ko Umuganura ariumuco nyarwanda wihariye wibutsa Abanyarwanda gushimiraibyo bagezeho, gusangira umusaruro no kongera gutekereza kubyo bagomba gukora kugira ngo ejo hazaza harusheho kubaheza. Ati “Uyu munsi si uwo kureba gusa ibyo twagezeho, ahubwo niumwanya wo kwishimira ibyagezweho, gushimira uruhare rwaburi wese no kongera kwiyemeza gukora ibikorwa biteza imbereimiryango yacu. Iterambere rirambye rishingira ku ruhare rwaburi muturage.” Yakomeje asaba abaturage gukomeza gukorana n’ubuyobozi, kwitabira gahunda za Leta zigamije iterambere, kurangwan’isuku, kwita ku burezi bw’abana no kwirinda guta amashuri, kwita ku buzima birinda inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranengen’ibiyobyabwenge, guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi ndetse no kugira uruhare mu kubungabunga umutekano n’imiberehomyiza.  Yibukije kandi ko kwigira bisaba gukora no kudategerezainkunga, avuga ko “akimuhana kaza imvura ihise.” Inararibonye Ntaganzwa Jean Claude yavuze ko Umuganurawigisha buri Munyarwanda gusuzuma amahitamo yakozen’umusaruro yagezeho kugira ngo amenye aho yakosheje n’ahoakwiriye kongera imbaraga. Yagize ati: “Dukwiye gusubiza amaso inyuma tukareba ibyotwagezeho n’ibyo tutagezeho tukibaza impamvu. Ibyobizadufasha kongera umusaruro mu mwaka utaha. Tugombagukura amaboko mu mufuka, tugakora, tukigira kuko igihugucyubakwa n’abaturage bacyo bakora.” Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ubutumwa bw’uyu munsi, abaturage batabashije kubona umusaruro baganujwe basangiran’abandi, hanorozwa inka imiryango ibiri itishoboye mu rwegorwo kuyifasha kwiteza imbere no kongera ubushobozi bwokwigira. Umunsi w’Umuganura waranzwe no gusangira umusaruro,abaturage bagaragaza ko gukomeza ubumwe, gusangira no gukorera hamwe ari imwe mu nkingi zubaka iterambererirambye ry’igihugu. Umwanditsi: Sifa Falka

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS