• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: October 2025

Muhanga: Abaturiye umuhanda ukikije sitade batewe impungenge n’amatara ataka

October 31, 2025 ICK News 0

Abaturage baturiye Sitade ya Muhanga iherereye mu mudugudu wa Rutenga, akagari ka Gahogo, umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, baravuga ko babangamiwe n’ikibazo cy’amatara […]

No Image

Tanzania: Umugaba Mukuru w’Ingabo yihanangirije abigaragambya mu gihe imvururu zikomeje

October 31, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Tanzania, Gen Jacob John Mkunda, yihanangirije abantu bakomeje kwijandika mu myigaragambyo imaze iminsi ihungabanya umutekano w’iki gihugu, abasaba guhagarika ibyo bikorwa […]

Francis Gatare yagizwe Perezida w’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere

October 31, 2025 ICK News 0

Ku mugoroba wo ku wa Kane, Inama y’Ubutegetsi y’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere (African School of Governance, ASG), yatangaje ko Francis Gatare yagizwe Perezida w’iryo shuri, akazatangira […]

U Bufaransa: Hafashwe abandi bakekwaho kugira uruhare mu bujura bwabereye muri Louvre

October 30, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ubushinjacyaha bwo mu mujyi wa Paris bwatangaje ko abandi bantu batanu batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu bujura bwabereye mu nzu ndangamurage ya Louvre […]

ICK Alumni urge students to be job creators, not job seekers

October 30, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Former students of the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) have called on current students to be visionary, proactive, and innovative in creating their own employment […]

Abize muri ICK basabye abanyeshuri kwihangira imirimo kuruta gutegereza akazi ka leta 

October 30, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Bamwe mu bize mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) mu myaka yatambutse, basabye barumuna babo bakiri ku ntebe y’ishuri kugira intego no kudahanga amaso […]

Igitaramo cya Move Afrika kigiye kongera kubera i Kigali

October 30, 2025 Kabano Patrick 0

Nyuma y’uko ibitaramo bya Move Afrika byaherukaga kuzana ibyamamare mpuzamahanga mu muziki nka John Legend na Kendrick Lamar, umuryango Global Citizen watangaje ko iki gitarmo […]

Muhanga: Abaturage bo mu Rutenga batewe impungege na ruhurura irangaye

October 30, 2025 Byiringiro Patrick 0

Bamwe mu baturage baturiye ruhurura iri ahitwa mu Rutenga mu Kagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamamabuye mu Karere ka Muhanga, bavuga ko batewe impungege nayo […]

Sudani: OMS ivuga ko umutwe wa RSF wishe abantu 460 ku bitaro bya El-Fasher

October 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus yatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa Rapid Support Forces (RSF) wo muri […]

Al-Ahli Wad Madani yo muri Sudani ntizakina Shampiyona y’u Rwanda

October 30, 2025 ICK News 0

Ikipe ya Al-Ahli SC Wad Madani yari mu makipe atatu yo muri Sudani aherutse gusaba gukina Shampiyona y’u Rwanda ya 2025/2026, yatangaje ko itazitabira iri […]

Posts pagination

1 2 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS