• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Amerika: Indege ebyiri zagonganiye mu kirere

January 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Indege itwara abagenzi yarimo abantu 64 barimo abagenzi n’abakozi bayo yaguye mu ruzi rwa Potomac i Washington DC nyuma yo kugonganira mu kirere na kajugujugu […]

Nyagatare: Barasaba BDF koroshya uburyo bwo kubona inguzanyo

January 29, 2025 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Nyagatare barasaba Ikigega Gitera Inkunga Imishinga y’Iterambere (BDF) koroshya uburyo bwo kubona inguzanyo hakurwaho amananiza akiri mu binyanye no kubona […]

Amerika ihangayikishijwe na ‘DeepSeek’ y’u Bushinwa

January 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Izamuka ritangaje ry’ikigo cy’ikoranabuhanga cyo mu Bushinwa ‘DeepSeek’ ryateje impagarara mu isi y’ubwenge bukorano (AI), yari isanzwe iyobowe na Leta Zunze ubumwe za Amerika. Ukuri […]

Nyagatare: Indege zitagira abapilote zigiye gutwara imiti ku mavuriro y’ibanze

January 29, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutanga imiti (RMS) buherutse gutangaza  ko bitarenze ukwezi kwa Gashyantare 2025, izatangiza gahunda yo gukwirakwiza imiti hifashishijwe ikoranabuhanga ry’indege zitagira Abapilote […]

Amateka yisubiyemo: APR FC na Police FC zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari

January 29, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’ u Rwanda (APR FC) ndetse n’ikipe y’Igipolisi cy’ u Rwanda (Police FC) zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari zisezereye ikipe […]

Gatsibo: Haravugwa amarerero adafite ubwiherero bworohereza abana bafite ubumuga

January 28, 2025 Ishimwe Honore 0

Amwe mu marerero yo mu rugo azwi nka ‘Home based ECD’ yo mu karere ka Gatsibo mu ntara y’iburasirazuba, aravugwaho kutagira ubwiherero bufasha abana bafite […]

ICK: Habereye igikorwa cyo gutanga amaraso afashishwa abarwayi

January 27, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Ku wa Mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, mu Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi (ICK) habereye igikorwa cyo gutanga amaraso kitabiriwe n’abantu batandukanye ariko biganjemo […]

Abakekwaho iterabwoba 37 bafatiwe muri Afurika y’Iburasirazuba-Interpol

January 27, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, Police mpuzamahanga ya Interpol yatangaje ko abantu 37 bakekwaho iterabwoba, barimo abakekwaho kuba muri leta ya […]

Pope Francis urged journalists to share news that brings hope to people

January 27, 2025 Kwihangana Joshua 0

From January 24 to January 29, 2025, members of the Catholic Journalists’ Association (SIGNIS) from around the world gathered in Rome, Vatican City. Some of […]

Nigeria: Intagondwa za Boko Haram zishe abasirikare 20

January 27, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku cyumweru, tariki ya 26 Mutarama 2025, abashinzwe umutekano ndetse’abaturage bavuga ko abakekwaho kuba abarwanyi b’intagondwa za kisilamu bishe byibuze abasirikare 20 bo muri Nigeria, […]

Posts pagination

« 1 … 157 158 159 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS