• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

TOP1

Papa Leo XIV arateganya gusura ibihugu bine bya Afurika muri Werurwe 2026

January 19, 2026 Philos Muhire 0

Karidinali Fridolin AMBONGO, Perezida w’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi Gatolika muri Afurika yatangaje ko mu kwezi kwa Werurwe 2026, Papa Leo XIV azagirira uruzinduko ku mugabane wa […]

Muhanga-Shyogwe: Barasaba gusubizwa imirima bavuga ko banyazwe

January 19, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bahoranye imirima mu gishanga giherereye mu Kagari ka Kinini, mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, ubu Igororero rya Muhanga rikaba rigitwikiramo […]

Abasenateri bagiye gusura abaturage harebwa iterambere ry’ubworozi

January 17, 2026 ICK News 0

Sena y’u Rwanda igiye gusura abaturage mu gihugu hose, hagamijwe kureba ibikorwa mu guteza imbere ubworozi. Byatangajwe na Sena ku wa Gatanu tariki ya 16 […]

Uganda: Museveni yanikiriye Bobi Wine mu byavuye mu matora by’agateganyo

January 16, 2026 Manishimwe Janvier 0

Imibare y’agateganyo yatangajwe na Komisiyo y’Amatora muri Uganda yagaragaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni ari imbere cyane mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ku majwi arenga bitatu […]

Hari benshi bagarukiye Imana – Musenyeri Ntivuguruzwa avuga ku mbuto za Yubile

January 15, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yavuze ko hari abantu benshi bafashe umwanzuro wo kwivugurura bagarukira Imana mu gihe cya Yubire y’impurirane. […]

Amerika yahagaritse guha Visa abaturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda

January 15, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]

Amavubi yatandukanye n’umutoza Adel Amrouche

January 14, 2026 ICK News 0

Ishyirahamwe ry’Umupirwa w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryahagaritse ku mirimo Umutoza Mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’Abagabo, Amavubi, Adel Amrouche nyuma yuko atubahirije ibikubiye mu masezerano. […]

Amarembo arafunguye – Musenyeri Ntivuguruzwa abwira abifuza gushyigikira ishingwa ry’ishuri ry’umuziki

January 11, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yabwiye abifuza gushyigikira igikorwa cyo gushinga ishuri rihoraho ry’umuziki muri Diyosezi ya Kabgayi ko amarembo afunguye. […]

Muhanga: Abafite ubumuga barasabirwa kuvanwa ku muhanda

January 9, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyamabuye, bavuga ko batewe impungenge n’abafite ubumuga birirwa basabiriza ku mihanda yo mu mujyi wa […]

Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi

January 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Jean de Dieu Uwihanganye yatangaje ko kuba umuriro w’amashanyarazi ukomeje kubura bya hato na hato mu gihugu, bishingiye ku […]

Posts pagination

« 1 … 26 27 28 … 36 »

AMAKURU MASHYA

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS