• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

TOP1

Uko Mutagatifu Kizito yabaye urugero rwo gukuza impano z’abanyeshuri ba ECOSE Musambira

June 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubuyobozi bw’ishuri rya ECOSE Musambira, bwagaragaje ko hari byinshi bamaze  kugeraho mu burezi no mu guteza imbere impano z’abanyeshuri, byose bikaba byarashingiye ku rugero rwiza […]

Gusobanukirwa Yezu uri mu Ukaristiya bisaba ukwemera – Musenyeri Hodari

June 7, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Musenyeri Hodari Jean de Dieu, Igisonga cy’Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yahamagariye abitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi mukuru w’Ishuri rya College Saint Marie Reine Kabgayi […]

Muhanga: Polisi yasabye urubyiruko kuba umusingi w’umutekano w’Igihugu

June 6, 2026 ICK News 0

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakanguriye urubyiruko kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru ku gihe, ishimangira ko ari bamwe mu […]

Ubutagatifu ntibushingira ku myaka umuntu afite – Musenyeri Ntivuguruzwa abwira abanyeshuri ba ECOSE Musambira

June 6, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abanyeshuri bo ku Ishuri rya ECOSE Musambira gukomera ku kwemera, kurangwa n’ubwitange no kubaho mu […]

U Rwanda na Amerika bari mu biganiro byo kongera ubufatanye mu by’isanzure

June 5, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

U Rwanda rwatangaje ko rushaka kongera ubufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubushakashatsi bwo mu isanzure, guhanga udushya no guteza imbere ikoranabuhanga […]

Huye: Hatashywe sitasiyo y’ikorabuhanga ifata ibipimo by’ikirere ku butumburuke bwa kilometero 40

June 5, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Mu rwego rwo gukomeza kunoza uburyo bwo gukusanya no gutanga amakuru y’iteganyagihe yizewe, Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bayo yatashye ku mugaragaro sitasiyo ya […]

Minisitiri Nduhungirehe agaragaza ko ejo hazaza h’umubano w’u Rwanda na Amerika hazabyara amahirwe menshi

June 5, 2026 ICK News 0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano wu Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gutera imbere, ashimangira ko ibice […]

Muhanga: Bamwe mu bacuruzi barinubira ubukode buhanitse mu isoko rya Nyabisindu

June 3, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bacuruzi bato bakorera mu isoko rishya rya Nyabisindu riherereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, barinubira ibiciro by’ubukode bihanitse nyuma y’uko […]

Perezida Kagame yashimye ubutwari bwa Macron mu kwemera uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

June 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Perezida Kagame, yashimye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku butwari n’ubumuntu yagaragaje mu kwemera uruhare rw’u Bufaransa mu mateka yagejeje […]

RDC: Diyosezi ya Bunia yashyizeho ingamba zikomeye zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola

June 2, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu gihe icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira mu Ntara ya Ituri no mu bice bimwe by’Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), Diyosezi Gatolika […]

Posts pagination

« 1 … 12 13 14 … 36 »

AMAKURU MASHYA

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS