• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

RALGA ikomeje gahunda yo kuzamura umubare w’abagore bakora mu nzego z’ibanze

August 14, 2024 Umutesi Aline 0

Mu rwego rwo gukomeza kuziba icyuho kikigaragara mu nzego z’ibanze aho 30% y’abagore itaragerwaho, Ishyirahamwe rihuza Inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA) ryakiriye abakobwa n’abagore bamaze […]

Tugomba kubanza gutekereza Abanyarwanda-Perezida Kagame abwira abarahiriye imirimo mishya

August 14, 2024 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi bashya kwibuka ko ibyo bakora byose bakwiye kubanza gukorera Abanyarwanda mbere yo gutekereza ku nyungu zabo […]

Minisitiri w’Intebe n’Abadepite barahiriye imirimo mishya

August 14, 2024 Muvunankiko Valens 0

Nyuma y’uko ku mugoroba wa tariki ya 13 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agize Dr.  Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, […]

U Rwanda na Eswatini byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

August 13, 2024 Muhire Obed 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 13 Kanama 2024, u Rwanda na Eswatini byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umutekano, kwita ku bagororwa no gukurirwaho VISA ku […]

Minisitiri w’Intebe wa Senegal yasuye bwa mbere igihugu cya Mali

August 13, 2024 Muvunankiko Valens 0

Ku mugoroba wa tariki ya 12 Kanama 2024, Minisitiri w’Intebe wa Senegal Ousmane Sonko yasuye Mali ku nshuro ye ya mbere nyuma y’aho ishyaka rye […]

Abakuru b’ibihugu barenga 20 bitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida Kagame

August 12, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 11 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Ni umuhango wabereye […]

Perezida Kagame yavuze ko iyi manda nshya ari intangiriro yo gukora ibirenze

August 11, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu muhango wo kurahirira manda nshya y’imyaka 5 yatorewe tariki ya 15 Nyakanga 2024, Perezida Kagame yavuze mu myaka 30 ishize u Rwanda rwageze kuri […]

Kugarura amahoro mu Karere ni nshingano y’ibanze-Perezida Kagame 

August 11, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu birori byo kurahirira kongera kuyobora u Rwanda mu gihe cy’imyaka itanu, Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa ko amahoro mu karere u Rwanda ruherereyemo ari […]

Menya ibigenerwa Abayobozi batanu bakuru mu Rwanda

August 9, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Benshi mu bantu bakunze kwibaza ibibazo binyuranye ku bijyanye n’umushahara ndetse n’ibindi bigenerwa abayobozi bakuru. Rimwe na rimwe hari igihe babona igisubizo cyangwa kikabura. Gusa, […]

Menya Yahya Sinwar, umuyobozi mushya wa Hamas

August 8, 2024 Kwihangana Joshua 0

Ku wa 06 Kanama 2024, nibwo Hamas yatangaje ko yahisemo Yahya Sinwar, kuba umuyobozi wayo mu bya politiki. Gutorwa kwa Sinwar byakurikiye iyicwa rya Ismail […]

Posts pagination

« 1 … 44 45 46 … 49 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Abaturage boroje inka imiryango ibiri itishoboye mu kwizihiza Umunsi w’Umuganura

    Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihiza Umunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsiko […]

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS