• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Tugomba kubanza gutekereza Abanyarwanda-Perezida Kagame abwira abarahiriye imirimo mishya

August 14, 2024 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi bashya kwibuka ko ibyo bakora byose bakwiye kubanza gukorera Abanyarwanda mbere yo gutekereza ku nyungu zabo […]

Minisitiri w’Intebe n’Abadepite barahiriye imirimo mishya

August 14, 2024 Muvunankiko Valens 0

Nyuma y’uko ku mugoroba wa tariki ya 13 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agize Dr.  Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, […]

U Rwanda na Eswatini byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

August 13, 2024 Muhire Obed 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 13 Kanama 2024, u Rwanda na Eswatini byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umutekano, kwita ku bagororwa no gukurirwaho VISA ku […]

Minisitiri w’Intebe wa Senegal yasuye bwa mbere igihugu cya Mali

August 13, 2024 Muvunankiko Valens 0

Ku mugoroba wa tariki ya 12 Kanama 2024, Minisitiri w’Intebe wa Senegal Ousmane Sonko yasuye Mali ku nshuro ye ya mbere nyuma y’aho ishyaka rye […]

Abakuru b’ibihugu barenga 20 bitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida Kagame

August 12, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 11 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Ni umuhango wabereye […]

Perezida Kagame yavuze ko iyi manda nshya ari intangiriro yo gukora ibirenze

August 11, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu muhango wo kurahirira manda nshya y’imyaka 5 yatorewe tariki ya 15 Nyakanga 2024, Perezida Kagame yavuze mu myaka 30 ishize u Rwanda rwageze kuri […]

Kugarura amahoro mu Karere ni nshingano y’ibanze-Perezida Kagame 

August 11, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu birori byo kurahirira kongera kuyobora u Rwanda mu gihe cy’imyaka itanu, Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa ko amahoro mu karere u Rwanda ruherereyemo ari […]

Menya ibigenerwa Abayobozi batanu bakuru mu Rwanda

August 9, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Benshi mu bantu bakunze kwibaza ibibazo binyuranye ku bijyanye n’umushahara ndetse n’ibindi bigenerwa abayobozi bakuru. Rimwe na rimwe hari igihe babona igisubizo cyangwa kikabura. Gusa, […]

Menya Yahya Sinwar, umuyobozi mushya wa Hamas

August 8, 2024 Kwihangana Joshua 0

Ku wa 06 Kanama 2024, nibwo Hamas yatangaje ko yahisemo Yahya Sinwar, kuba umuyobozi wayo mu bya politiki. Gutorwa kwa Sinwar byakurikiye iyicwa rya Ismail […]

Bangladesh: Nyuma y’iyegura rya Minisitiri w’Intebe, Inteko nayo yasheshwe

August 7, 2024 Muvunankiko Valens 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 07 Kanama 2024 Perezida wa Bangladesh, Mohammed Shahabuddin yasheshe Inteko Ishinga Amategeko yari igizwe n’abantu 350. Iyi nteko yasheshwe mu […]

Posts pagination

« 1 … 45 46 47 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS