• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Kuva muri ECOWAS kwa Mali biteje ibibazo abaturage bayo baba muri Côte d’Ivoire

August 5, 2024 Muvunankiko Valens 0

Itsinda ry’Abanya-Mali baba muri Côte d’Ivoire ryateraniye i Abidjan kuri iki cyumweru cy’italiki 04 Kanama 2024 kugira ngo bagaragaze ko batemera gahunda ya Mali yo […]

Bangladesh: Minisitiri w’intebe Sheihk Hasina yeguye

August 5, 2024 AYERA Belyne 0

Nyuma y’uko mu gihugu cya Bangladesh mu murwa mukuru Dhaka hatangiye imyiragambyo yatangijwe n’abanyeshuri bo muri kaminuza ya Dhakar basaba Minisitiri w’intebe ko yakwegura, kuri […]

Nigeria: Perezida aratangaza ko Guverinoma yiteguye kuganira n’abigaragambya

August 5, 2024 AYERA Belyne 0

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, yasabye ko imyigaragambyo rusange yamagana ibibazo by’ubukungu yahagarara, avuga ko guverinoma ye yiteguye kuganira n’abaturage kugira ngo bashake umuti wicyo […]

Bangladesh: Abarenga 80 bamaze gusiga ubuzima mu myigaragambyo

August 4, 2024 AYERA Belyne 0

Abantu 80 bamaze gusiga ubuzima bwabo mu myigaragambyo iri kubera muri Bangladesh mu gihe abagera kuri 200 bamaze kuyikomerekeramo.   Uretse abaturage bamaze kugwa muri […]

Ikibazo cy’inzara cyateje imyigaragambyo ikaze yaguyemo abantu 13 muri Nigeria

August 2, 2024 Muvunankiko Valens 0

Abantu 13 baguye mu myigaragambyo ikaze yabaye muri Nigeria kuri uyu wa kane taliki ya 01 Kamena 2024 yo kwamagana ikibazo cy’ubukungu bwifashe nabi muri […]

Isiraheli yigambye kwica umuyobozi wa Hamas mu bya gisirikari

August 1, 2024 ICK News 0

Igisirikari cya Leta ya Isiraheli cyatangaje ko muri Nyakanga cyishe umuyobozi w’Umutwe wa Hamas mu bya gisirikari, Mohammed Deif. Iby’urupfu rw’uyu muyobozi byatangajwe kuri uyu […]

Isiraheli na Hezbollah ntibavuga rumwe ku rupfu rwa Fuad Shukr

July 31, 2024 AYERA Belyne 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 31 Nyakanga 2024, Israel yatangaje ko yivuganye umujyanama w’umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah, Fuad Shukr, mu gitero cyagabwe I Beirut […]

Hamas yavuze ko uwihishe inyuma y’urupfu rw’umuyozi wayo azabiryozwa

July 31, 2024 BYIRINGIRO Thierry 0

Kuri uyu wa 30 Nyakanga 2024, nibwo umuyobozi w’umutwe wa Hamas mu bya politiki Ismail Haniyeh yiciwe i Tehran muri Iran. Urupfu rwe rwemejwe n’Itsinda […]

Ubushinwa ku mwanya wa mbere mu kugurisha intwaro nyinshi muri Afurika

July 30, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Ubushinwa bwamaze kwigaranzura Uburusiya bwari buri ku mwanya wa mbere mu kugurisha intwaro nyinshi muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara. Izi ntwaro ahanini ziganjemo […]

Icyo Itegeko Nshinga riteganya igihe Perezida uriho ahatanira kwiyamamariza indi manda

July 22, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu gihe u Rwanda ruvuye mu gihe cy’amatora ndetse bikaba byamaze kwemezwa mu buryo bwa burundu ko Paul Kagame ariwe wongeye gutsindira umwanya w’Umukuru w’Igihugu, […]

Posts pagination

« 1 … 46 47 48 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS