• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Amatora ya Amerika ni uguhitamo hagati y’ibibi bibiri-Papa Fransisiko

September 13, 2024 ICK News 0

Mu Kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ubwo yari mu ndege asubira i Vatikani, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko yavuze ko amatora ya perezida muri […]

Ikiganiro mpaka hagati ya Trump na Harris cyarebwe n’abasaga miliyoni 67

September 12, 2024 AYERA Belyne 0

Ikigo gikora ubushakashatsi mu by’itangazamakuru ‘Neilsen Holding plc’ cyatangaje ko abantu bagera kuri miliyoni 67.1 nibo barebye ikiganiro mpaka cyahuje Donald Trump na Kamala Harris, […]

Menya impamvu ukwiye kugira uruhare mu kubungabunga ibishanga

September 10, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Mu myaka Itandukanye Leta y’u Rwanda yagiye yimura abaturage bari batuye mu bishanga hagamijwe ahanini kurengera ubuzima bwabo mu gihe cy’ibiza ndetse no gusigasira ibyo […]

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yamuritse gahunda ya guverinoma y’imyaka 5

September 9, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2024, Minisitri w’intebe Dr. Ngirente Edouard yamurikiye Inteko Inshinga Amategeko, imitwe yombi gahunda ya Guverinoma y’imyaka itanu […]

Algeria: Bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

September 7, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Nzeri 2024, abanya Algeria miliyoni 24 bazindukiye mu gikorwa cyo gutora perizida wabo.  Abakandida batatu bifuza kuyobora iki […]

Papa Fransisiko yageze muri Papua New Guinea

September 6, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Nyuma yo gusoza uruzinduko rwe muri Indoneziya, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisko uri gukorera uruzinduko rwa gishumba ku mugabane wa Aziya, yageze […]

Ukraine: Igitero cy’Uburusiya cyahitanye 46 abandi 200 barakomereka

September 3, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kabiri, Uburusiya bwarashe  ibisasu  bibiri  ku kigo cy’imyitozo ya gisirikare n’ibitaro byose biherereye mu gace ka Poltova  bihitana  abantu 47  mu gihe […]

Nyanza: Ibyo wamenya ku mujyi wa mbere ukuze mu Rwanda

September 2, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 2 Nzeri 2024, Mu karere ka Nyanza hatangiye icyumweru cy’imurikabikorwa ry’umuco n’amateka byaranze urugendo rw’imyaka 125 Nyanza imaze ishinzwe. […]

Burkina Faso: 100 bamaze kugwa mu gitero cy’Abajihadisiti

August 26, 2024 AYERA Belyne 0

Abaturage n’abasirikare nibura 100 nibo bimaze gutangazwa ko baguye mu gitero cyagabwe ku mudugudu w’umutwe w’Iterabwoba wa al-Qaida, rwagati muri Burkina Faso. Hashingiwe ku mashusho […]

Menya ibikubiye muri gahunda ya Leta y’imyaka itanu iri imbere ‘NST 2’

August 26, 2024 Muvunankiko Valens 0

Tariki ya 23    Kanama 2024 nibwo Inama y’Abaminisitiri yemeje icyiciro cya kabiri cya Gahunda y’igihugu yo kwihutisha iterambere (NST2) mu myaka  itanu iri imbere. Iyi […]

Posts pagination

« 1 … 43 44 45 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS