• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Gicumbi: Amarira ni yose ku mukobwa watwawe umugabo na nyina

January 2, 2025 Ishimwe Honore 0

Ntibisanzwe, ndetse abakuru babyita amahano gusa byarabaye i Gicumbi aho umugabo asenda umugore we mu mayeri akarongora nyirabukwe. Iyi nkuru idasanzwe ni iyo mu Mudugudu […]

Amerika: Abantu 15 bamaze kugwa mu gitero cy’iterabwoba

January 2, 2025 Umutesi Aline 0

Abashinzwe iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika baravuga ko uwahoze ari umusirikare mu ngabo za Amerika, Shamsud-Din Jabbar w’imyaka 42, ari we wakoze ibisasu […]

Ngoma: Urubyiruko rwijejwe ibikorwa byinshi by’imyidagaduro muri 2025

January 1, 2025 IRATUZI Bardine 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma burizeza urubyiruko rwo muri aka karere gukomeza kubategurira ibikorwa byinshi by’imyidagaduro mu rwego rwo gukoresha ibikorwaremezo Leta yabubakiye. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi […]

Amafoto: Uko hirya no hino ku Isi binjiye muri 2025

January 1, 2025 Philos Muhire 0

Ubu urimo gusoma iyi nkuru, Isi yose iri mu mwaka mushya wa 2025. Bifata amasaha 26 kugira ngo umwaka mushya wakirwe mu masaha 39 atandukanye […]

Uko 2024 isojwe hirya ni hino mu Rwanda

December 31, 2024 IRAMBONA Papias 0

Abanyamakuru: Aline Umutesi & Papias Irambona Abanyarwanda hirya ni hino mu gihugu bamaze kwinjira mu mwaka mushya wa 2025. Umwaka hari abawinjiyemo bari mu masengesho, […]

Dufate imigambi mishya-Ubutumwa bw’Umwepiskopi wa Kabgayi busoza 2024

December 31, 2024 Philos Muhire 0

Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiksopi wa Diyosezi ya Kabgayi yasabye abakirisitu gufata imigambi mishya mu mwaka mushya wa 2025, irimo gukuza ubuvandimwe n’umubano mwiza mu bandi. […]

Batanu bakurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rwa Liam Payne

December 31, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubushinjacyaha bwa Argentine bukurikiranye abantu batanu bashinjwa kugira uruhare mu urupfu rw’umuhanzi Liam Payne wahoze mu itsinda rya One direction Urupfu rw’icyamamare mu muziki Liam […]

Nyuma y’imyaka 8 mu rubanza, Angelina Jolie na Brad Pitt bumvikanye kuri gatanya

December 31, 2024 Umutesi Aline 0

James Simon, umwunganizi mu mategeko wa Angelina Jolie yatangaje ko umukiriya we n’uwahoze ari umugabo we, Brad Pitt bemeranyije kuri gatanya nyuma y’imyaka umunani bari […]

Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol yashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi

December 31, 2024 IRATUZI Bardine 0

Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwemeje icyemezo cyo guta muri yombi uwahoze ari Perezida Yoon Suk Yeol kubera ko ngo yashyize […]

Malayika yaratugendereye-Imbamutima z’Umuryango wa Ntakiturimana wavuwe amaso

December 30, 2024 Philbert MBONIGABA 0

Imyaka isaga itatu irashize Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ku bufatanye n’umuryango ‘See you’ batanga ubuvuzi bw’amaso ku bana bari munsi y’imyaka 18 mu turere twose […]

Posts pagination

« 1 … 154 155 156 … 222 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS