• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

U Burusiya bwakoze ibyaha by’intambara birenga 183,000 muri Ukraine – Perezida Zelensky

April 1, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 31 Werurwe, Perezida Volodymyr Zelenskiy yasabiye u Burusiya guhanwa kubera ibyaha birenga 183,000 bivugwa ko byanditswe na Ukraine kuva […]

Espagne: Abantu batanu bapfiriye mu iturika ry’ikirombe

March 31, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 31 Werurwe 2025, abantu batanu nibo bamenyekanye ko bapfuye abandi babiri baburirwa irengero nyuma y’iturika ryabereye […]

Koreya y’Epfo, u Bushinwa, n’u Buyapani birashaka kwihimura kuri Trump

March 31, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 30 Werurwe 2025, Koreya y’Epfo, u Bushinwa n’u Buyapani bagiranye ibiganiro by’ubukungu hagamijwe koroshya ubucuruzi mu karere. Ibi biganiro bibaye […]

Umurenge Kagame Cup: Intara y’Iburasirazuba yabonye amakipe azayihagararira

March 31, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 30 Werurwe 2025, hakinwe imikino ya nyuma y’Umurenge Kagame Cup mu ntara y’Iburasirazuba mu rwego rwo gushaka amakipe azahagararira iyi […]

Amafoto: Abayisilamu bizihije Eid al-Fitr hirya no hino ku Isi

March 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Uyu munsi tariki ya 30 Werurwe 2025, Abayisilamu bo hirya no hino ku Isi bizihije Eid al-Fitr, umwe mu minsi mikuru ikomeye kuri kalindari y’idini […]

Muhanga: ‘Car Free Zone’ yatangiye kubakwa

March 30, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Akarere ka Muhanga katangiye ibikorwa byo kubaka agace ko kuruhukiramo kazwi nka ‘Car free zone’ Ubu busitani buri kubakwa ahazwi nko kuri ‘Route Kibuye’ muri […]

Abiga mu mashuri nderabarezi baributswa agaciro ko kumenya ururimi rw’Icyongereza

March 30, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Claudette Irere arasaba abanyeshuri biga mu mashuri nderabarezi kuzirikana ko biga mu mashuri yihariye bityo ko bakwiye guharanira kugira […]

Hoteli ‘Saint André Kabgayi’ yungutse inyubako nshya

March 29, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 29 Werurwe 2025, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepisikopi wa Diyoseze ya Kabgayi yatashye kumugaragaro anaha umugisha inyubako […]

Vatikani ishobora gukoresha ubundi buryo bw’imiyoborere mu gihe Papa Fransisiko arimo koroherwa

March 29, 2025 Philos Muhire 0

Umunyamabanga wa Leta ya Vatikani, Kardinali Pietro Parolin yavuze ko Vatikani iteganya gushaka uburyo bushya bwo kuyobora Kiliziya mu gihe Papa Fransisiko yabura imbaraga zituma […]

Nabyitwayemo nabi-Musenyeri Welby wa Canterbury yavuze ku cyatumye yegura

March 29, 2025 Philos Muhire 0

Justin Welby wahoze ari Musenyeri Mukuru wa Canterbury yatangaje ko atigeze akurikirana bihagije ibirego by’ihohoterwa ryakorewe mu Itorero Angilikani ry’u Bwongereza kubera ko ubwinshi bwabyo […]

Posts pagination

« 1 … 123 124 125 … 222 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS