• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Myanmar: Umubare w’abazize umutingito umaze kurenga 1,000

March 29, 2025 Philos Muhire 0

Umubare w’abapfuye bitewe n’umutingito ukomeye wa 7.7 wibasiye Myanmar wageze ku bantu barenga 1,000 nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, nyuma yo gukura imibiri myinshi […]

2024 yasize u Rwanda rwinjije miliyari 1.7$ aturutse mu mabuye y’agaciro

March 28, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Werurwe 2025, Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yatangarije Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi ko u Rwanda rwinjije miliyari […]

Umusaruro w’inganda wikubye gatatu mu myaka 7 ishize

March 28, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Minisitiri w’intebe, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko umusaruro w’ibikorwa by’inganda wikubye gatatu mu gihe cy’imyaka irindwi ya mbere ya gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha iterambere […]

Myanmar yibasiwe n’umutingito ukomeye wa 7.7

March 28, 2025 Philos Muhire 0

Umutingito ukomeye wa 7.7 wibasiye igice cyo hagati cya Myanmar kuri uyu wa Gatanu, hafi y’umujyi wa kabiri munini wa Mandalay, utuwe n’abaturage basaga miliyoni […]

Sudani y’Epfo: Amerika yasabye Perezida Kiir gufungura Visi-Perezida ufungiye mu rugo

March 27, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Kane, Leta Zunze ubumwe za Amerika zasabye Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kiir gufungura Visi-Perezida we, Riek Machar nyuma y’uko ishyaka ry’uyu […]

Hafi ½ cy’abatuye isi barwaye indwara zo mu kanwa

March 27, 2025 Philos Muhire 0

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) riratangaza ko indwara zo mu kanwa n’amenyo ari ikibazo gikomeye cy’ubuzima rusange kandi cyugarije ibihugu byinshi. OMS ivuga […]

Perezida Trump yatangaje umusoro wa 25% ku modoka zinjizwa muri Amerika

March 27, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje umusoro mushya wa 25% ku modoka n’ibyuma byazo byinjira muri Amerika, icyemezo gishobora gukomeza gukaza […]

Perezida Zelensky yasabye Amerika gufatira ibihano u Burusiya

March 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yahamagariye Leta zunze Ubumwe za Amerika kurushaho gufatira ibihano u Burusiya kuko ngo butari gukurikiza “amahoro […]

Koreya y’Epfo: Abantu 24 bamaze guhitanwa n’inkongi y’umuriro

March 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Imibare iheruka gutangwa na Minisiteri y’umutekano muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Werurwe, iragaragaza ko nibura abantu 24 bapfuye abandi 26 […]

Amavubi yaguye miswi na Lesotho

March 26, 2025 Darius Shumbusho 0

lkipe y’igihugu y’urwanda yongeye kubura intsinzi mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2026 nyuma yo kunganya na Lesotho 1-1 mu mukino wa gatandatu w’itsinda […]

Posts pagination

« 1 … 124 125 126 … 222 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS