Myanmar: Umubare w’abazize umutingito umaze kurenga 1,000
Umubare w’abapfuye bitewe n’umutingito ukomeye wa 7.7 wibasiye Myanmar wageze ku bantu barenga 1,000 nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, nyuma yo gukura imibiri myinshi […]
Umubare w’abapfuye bitewe n’umutingito ukomeye wa 7.7 wibasiye Myanmar wageze ku bantu barenga 1,000 nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, nyuma yo gukura imibiri myinshi […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Werurwe 2025, Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yatangarije Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi ko u Rwanda rwinjije miliyari […]
Minisitiri w’intebe, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko umusaruro w’ibikorwa by’inganda wikubye gatatu mu gihe cy’imyaka irindwi ya mbere ya gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha iterambere […]
Umutingito ukomeye wa 7.7 wibasiye igice cyo hagati cya Myanmar kuri uyu wa Gatanu, hafi y’umujyi wa kabiri munini wa Mandalay, utuwe n’abaturage basaga miliyoni […]
Kuri uyu wa Kane, Leta Zunze ubumwe za Amerika zasabye Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kiir gufungura Visi-Perezida we, Riek Machar nyuma y’uko ishyaka ry’uyu […]
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) riratangaza ko indwara zo mu kanwa n’amenyo ari ikibazo gikomeye cy’ubuzima rusange kandi cyugarije ibihugu byinshi. OMS ivuga […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje umusoro mushya wa 25% ku modoka n’ibyuma byazo byinjira muri Amerika, icyemezo gishobora gukomeza gukaza […]
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yahamagariye Leta zunze Ubumwe za Amerika kurushaho gufatira ibihano u Burusiya kuko ngo butari gukurikiza “amahoro […]
Imibare iheruka gutangwa na Minisiteri y’umutekano muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Werurwe, iragaragaza ko nibura abantu 24 bapfuye abandi 26 […]
lkipe y’igihugu y’urwanda yongeye kubura intsinzi mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2026 nyuma yo kunganya na Lesotho 1-1 mu mukino wa gatandatu w’itsinda […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS