• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Papa Leo yasabye Amerika kwirinda gukoresha ingufu za gisirikare mu guhirika perezida wa Venezuela

December 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Papa Leo XIV yasabye ubuyobozi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa Kabiri kutagerageza gukuraho Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, […]

Papa Leo uri mu ruzinduko muri Turkiya yasuye umusigiti w’ubururu

November 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku munsi wa Gatatu w’uruzinduko rwe muri Turkiya, rukaba n’urwa mbere agiriye mu mahanga, Papa Leo wa XIV yasuye Umusigiti wa Sultan Ahmed, uzwi kandi […]

No Image

Nigeria: Abanyeshuri b’abakobwa 24 barekuwe nyuma y’icyumweru bashimuswe

November 26, 2025 Muhire Obed 0

Abakobwa 24 bashimuswe mu ishuri ry’abakobwa ryo muri Leta ya Kebbi muri Nigeria barekuwe, nk’uko Perezida Bola Tinubu yabitangaje. Iri shimutwa ryabaye kuwa 17 Ugushyingo […]

No Image

Cameroun: Tchiroma Bakary utavuga rumwe n’ubutegetsi yahungiye muri Gambia

November 25, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Leta ya Gambia yatangaje ko Issa Tchiroma Bakary, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cameroun, yahungiye muri icyo gihugu nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe […]

DR Congo: Inteko igiye kwiga ku mushinga w’itegeko uvuga ko buri rubyiruko rugomba guca mu gisirikare

November 24, 2025 ICK News 0

Inteko Ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko usaba ko buri rubyiruko rw’igihugu rugomba gukora igisirikare, umushinga wemejwe kugira ngo […]

Vietnam: Abantu 41 bamaze guhitanwa n’imyuzure ikabije

November 21, 2025 Muhire Obed 0

Imyuzure yaturutse ku mvura nyinshi imaze iminsi igwa muri Vietnam, imaze guhitana nibura abantu 41, mu gihe hari abandi icyenda bagishakishwa, nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru byo muri icyo […]

No Image

Trump yarengeye igikomangoma cya Arabia Saudite gishinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’umunyamakuru

November 19, 2025 Muhire Obed 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yarengeye Igikomangoma cya Arabia Saudite Mohammed bin Salman, ashimangira ko ntacyo yarazi ku rupfu rw’umunyamakuru Jamal Khashoggi rwo mu 2018, nubwo […]

Perezida wa Tanzania yashyize umukobwa we n’umukwe we muri Guverinoma nshya

November 18, 2025 ICK News 0

Perezida Samia Suluhu Hassan yashyize umukobwa we witwa Wanu Hafidh hamwe n’umugabo we (umukwe wa Perezida) muri guverinoma nshya ya Tanzania, bitera benshi kubyibazaho ku […]

Perezida wa Tanzaniya yasezeranyije iperereza ku mpfu zatewe n’imvururu zakurikiye amatora

November 15, 2025 ICK News 0

Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko leta izakora iperereza rirambuye ku mvururu zabaye mu cyumweru cy’amatora, nyuma y’ibirego bivuga ko ubuyobozi bwakoresheje ingufu […]

Trump yasinye amasezerano asubukura ibikorwa bya Guverinoma nyuma y’iminsi 43

November 13, 2025 Muhire Obed 0

Perezida Donald Trump kuri uyu wa Gatatu yashyize umukono ku masezerano arangiza ifungwa ry’ibikorwa bya Guverinoma ryai rimaze iminsi 43, rikaba ari ryo rirerire mu mateka ya […]

Posts pagination

« 1 … 8 9 10 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS