• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Muhanga-Shyogwe: Barasaba gusubizwa imirima bavuga ko banyazwe

January 19, 2026 ICK News 0

Bamwe mu bahoranye imirima mu gishanga giherereye mu Kagari ka Kinini, mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, ubu Igororero rya Muhanga rikaba rigitwikiramo […]

Canada n’u Bushinwa byinjiye mu mikoranire mishya

January 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Canada yatangaje impinduka ikomeye muri politiki yayo y’ubucuruzi, yemeza kugabanya imisoro ku modoka zimwe na zimwe zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa mu rwego rwo kwihimura […]

Uganda: Museveni yanikiriye Bobi Wine mu byavuye mu matora by’agateganyo

January 16, 2026 Manishimwe Janvier 0

Imibare y’agateganyo yatangajwe na Komisiyo y’Amatora muri Uganda yagaragaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni ari imbere cyane mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ku majwi arenga bitatu […]

Amerika yahagaritse guha Visa abaturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda

January 15, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]

Nicolás Maduro yahakanye ibyaha aregwa

January 6, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Perezida Nicolás Maduro wakuwe ku butegetsi bwa Venezuela na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagejejwe imbere y’urukiko rw’i New York hamwe we n’umugore we aho […]

Igiciro cya zahabu cyazamutse nyuma y’uko Amerika iteye Venezuela igashimuta Maduro

January 5, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ibiciro by’amabuye y’agaciro arimo na zahabu byazamutse ku isoko mpuzamahanga nyuma y’uko ifatwa rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, na Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]

Kenya: Inzovu y’icyamamare yitiriwe inzoga yapfuye

January 4, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Inzovu yo muri Kenya, yari izwiho kugira amahembe maremare cyane kurusha izindi nyinshi muri Afurika, yapfuye izize gusaza, isiga icyuho gikomeye mu murage w’inyamaswa nk’izi […]

Trump yemeje ko Amerika yateye Venezuela ifata Perezida Maduro

January 3, 2026 ICK News 0

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma […]

Telefoni mu bikoresho by’ikoranabuhanga bishobora guhenda cyane 2026

January 3, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Ibiciro by’ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni na mudasobwa biraza kuzamuka muri 2026 kubera igiciro cya RAM kikubye kabiri guhera mu kwezi ku Ukwakira 2025. RAM ni […]

No Image

BYD yaciye kuri Tesla mu kugurisha imodoka z’amashanyarazi nyinshi

January 2, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Uruganda rukora imodoka rwo mu Bushinwa rwitwa BYD rwaciye kuri Tesla rwa Elon Musk nk’urwa mbere mu kugurisha imodoka nyinshi zikoresha amashanyarazi (EVs) ku isi. […]

Posts pagination

« 1 … 8 9 10 … 78 »

AMAKURU MASHYA

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

  • Gutinya gukora ngo udakora ikosa, na byo ni ikosa – Perezida Kagame abwira abayobozi ba Afurika

    Perezida Paul Kagame yavuze ko imwe mu mbogamizi zituma Afurika itagera ku ntego zayo ari umuco wo gutinda gushyira mu bikorwa ibyemezo byafashwe, aho ibintu […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS