Nigeria: Abanyeshuri b’abakobwa 24 barekuwe nyuma y’icyumweru bashimuswe
Abakobwa 24 bashimuswe mu ishuri ry’abakobwa ryo muri Leta ya Kebbi muri Nigeria barekuwe, nk’uko Perezida Bola Tinubu yabitangaje. Iri shimutwa ryabaye kuwa 17 Ugushyingo […]
Abakobwa 24 bashimuswe mu ishuri ry’abakobwa ryo muri Leta ya Kebbi muri Nigeria barekuwe, nk’uko Perezida Bola Tinubu yabitangaje. Iri shimutwa ryabaye kuwa 17 Ugushyingo […]
Leta ya Gambia yatangaje ko Issa Tchiroma Bakary, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cameroun, yahungiye muri icyo gihugu nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe […]
Inteko Ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko usaba ko buri rubyiruko rw’igihugu rugomba gukora igisirikare, umushinga wemejwe kugira ngo […]
Imyuzure yaturutse ku mvura nyinshi imaze iminsi igwa muri Vietnam, imaze guhitana nibura abantu 41, mu gihe hari abandi icyenda bagishakishwa, nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru byo muri icyo […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yarengeye Igikomangoma cya Arabia Saudite Mohammed bin Salman, ashimangira ko ntacyo yarazi ku rupfu rw’umunyamakuru Jamal Khashoggi rwo mu 2018, nubwo […]
Perezida Samia Suluhu Hassan yashyize umukobwa we witwa Wanu Hafidh hamwe n’umugabo we (umukwe wa Perezida) muri guverinoma nshya ya Tanzania, bitera benshi kubyibazaho ku […]
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko leta izakora iperereza rirambuye ku mvururu zabaye mu cyumweru cy’amatora, nyuma y’ibirego bivuga ko ubuyobozi bwakoresheje ingufu […]
Perezida Donald Trump kuri uyu wa Gatatu yashyize umukono ku masezerano arangiza ifungwa ry’ibikorwa bya Guverinoma ryai rimaze iminsi 43, rikaba ari ryo rirerire mu mateka ya […]
Bamwe mu batuye mu mudugudu wa Kigabiro n’uwa Rubona, mu kagali ka Nyakarekare, mu murenge wa Mbuye mu karere ka Ruhango, bavuga ko kutagira amazi […]
Urukiko rwo muri Gabon rwakatiye Sylvia Bongo, umugore w’uwahoze ari Perezida Ali Bongo, n’umuhungu we Noureddin Bongo Valentin, igifungo cy’imyaka 20 nyuma yo kubahamya ibyaha byo kunyereza umutungo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS