Guinea: Mamadi Doumbouya yatorewe kuba perezida
Perezida Mamadi Doumbouya ni we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Guinea, aho yegukanye amanota 86% by’amajwi amaze kubarurwa by’agateganyo, nk’uko byatangajwe n’Ibiro bishinzwe […]
Perezida Mamadi Doumbouya ni we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Guinea, aho yegukanye amanota 86% by’amajwi amaze kubarurwa by’agateganyo, nk’uko byatangajwe n’Ibiro bishinzwe […]
Papa Leo XIV yasabye abakristu gukomeza gusabira isi amahoro, by’umwihariko imiryango iri kunyura mu mibabaro iterwa n’intambara n’ibikorwa by’urugomo. Yabivugiye mu isengesho rya Angelus ryabereye […]
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yasabye urubyiruko rwo muri aka karere kuba ibisubizo bya bimwe mu bibazo bitandukanye byugarije sosiyete babamo. Ibi yabivugiye mu […]
Papa Leo XIV yasabye ubuyobozi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa Kabiri kutagerageza gukuraho Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, […]
Ku munsi wa Gatatu w’uruzinduko rwe muri Turkiya, rukaba n’urwa mbere agiriye mu mahanga, Papa Leo wa XIV yasuye Umusigiti wa Sultan Ahmed, uzwi kandi […]
Abakobwa 24 bashimuswe mu ishuri ry’abakobwa ryo muri Leta ya Kebbi muri Nigeria barekuwe, nk’uko Perezida Bola Tinubu yabitangaje. Iri shimutwa ryabaye kuwa 17 Ugushyingo […]
Leta ya Gambia yatangaje ko Issa Tchiroma Bakary, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cameroun, yahungiye muri icyo gihugu nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe […]
Inteko Ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko usaba ko buri rubyiruko rw’igihugu rugomba gukora igisirikare, umushinga wemejwe kugira ngo […]
Imyuzure yaturutse ku mvura nyinshi imaze iminsi igwa muri Vietnam, imaze guhitana nibura abantu 41, mu gihe hari abandi icyenda bagishakishwa, nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru byo muri icyo […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yarengeye Igikomangoma cya Arabia Saudite Mohammed bin Salman, ashimangira ko ntacyo yarazi ku rupfu rw’umunyamakuru Jamal Khashoggi rwo mu 2018, nubwo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS