Amerika yahagaritse guha Visa abaturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]
Perezida Nicolás Maduro wakuwe ku butegetsi bwa Venezuela na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagejejwe imbere y’urukiko rw’i New York hamwe we n’umugore we aho […]
Ibiciro by’amabuye y’agaciro arimo na zahabu byazamutse ku isoko mpuzamahanga nyuma y’uko ifatwa rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, na Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Inzovu yo muri Kenya, yari izwiho kugira amahembe maremare cyane kurusha izindi nyinshi muri Afurika, yapfuye izize gusaza, isiga icyuho gikomeye mu murage w’inyamaswa nk’izi […]
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma […]
Ibiciro by’ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni na mudasobwa biraza kuzamuka muri 2026 kubera igiciro cya RAM kikubye kabiri guhera mu kwezi ku Ukwakira 2025. RAM ni […]
Uruganda rukora imodoka rwo mu Bushinwa rwitwa BYD rwaciye kuri Tesla rwa Elon Musk nk’urwa mbere mu kugurisha imodoka nyinshi zikoresha amashanyarazi (EVs) ku isi. […]
Perezida Mamadi Doumbouya ni we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Guinea, aho yegukanye amanota 86% by’amajwi amaze kubarurwa by’agateganyo, nk’uko byatangajwe n’Ibiro bishinzwe […]
Papa Leo XIV yasabye abakristu gukomeza gusabira isi amahoro, by’umwihariko imiryango iri kunyura mu mibabaro iterwa n’intambara n’ibikorwa by’urugomo. Yabivugiye mu isengesho rya Angelus ryabereye […]
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yasabye urubyiruko rwo muri aka karere kuba ibisubizo bya bimwe mu bibazo bitandukanye byugarije sosiyete babamo. Ibi yabivugiye mu […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS