• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Saint Valentin: Umunsi w’urukundo n’inkomoko yawo

February 13, 2025 Kwihangana Joshua 0

Harabura amasaha make kugira ngo abantu benshi hirya no hino ku isi bizihize umunsi w’abakundana, umunsi witiriwe Mutagatifu Valentin (Saint Valentin). Uyu munsi wizihizwa tariki […]

2024: Umwaka wishwemo abanyamakuru benshi mu mateka

February 13, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo yashyizwe ahagaragara ku wa 12 Gashyantare 2025 na komite ishinzwe kurengera abanyamakuru CPJ igaragaza ko umubare w’abanyamakuru bishwe ku isi mu mwaka ushize wa […]

Umunsi mukuru mwiza kuri radiyo twakunze, yatumaze irungu

February 13, 2025 UMUTONIWASE Christella 0

Muri 2011, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO) ryagennye tariki ya 13 Gashyantare nk’umunsi mpuzamahanga wa radiyo. Radiyo yashyiriweho umunsi wihariye kuko […]

Polisi y’u Butaliyani yataye muri yombi abarenga 130 mu mukwabu wo guhashya abamafia

February 12, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ku wa Kabiri, muri Sicile i Palermo, abantu barenga 130 batawe muri yombi mu mukwabu wakozwe na polisi y’u Butaliyani mu rwego rwo guhashya ababarizwa […]

Abarimo Elon Musk barashaka kugura OpenAI ifite ChatGPT

February 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Itsinda ry’abashoramari riyobowe na Elon Musk ryatanze miliyari 97.4 z’amadolari zo kugura ikigo cya OpenAI, gikora ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano (AI) rya ChatGPT. Ibi byemejwe n’umwunganizi […]

Guatemala: Abarenga 50 bamaze kugwa mu mpanuka ya ‘bus’

February 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gitondo cyo kuwa mbere, tariki ya 10 Gashyantare 2025, bisi yerekezaga mu murwa mukuru wa Guatemala ivuye mu mujyi wa San Agustin Acasaguastlan, ubwo […]

Ingabo za Sudani zigiye gushyiraho guverinoma nshya nyuma yo gufata umurwa mukuru

February 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Umuyobozi w’ingabo za Sudani yavuze ko hagiye gushyirwaho guverinoma y’inzibacyuho mu gihe kitarambiranye, nyuma yo kwigarurira umurwa mukuru, Khartoum, mu ntamabara igisirikare cy’igihugu gihanganyemo n’umutwe […]

Trump na Putin baganiriye ku irangizwa ry’intambara muri Ukraine

February 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko yagiranye ikiganiro na mugenzi we w’Uburusiya, Vladimir Putin, kuri telefoni ku bijyanye no guhagarika […]

Ibidasanzwe kuri Bazilika ya Mutagatifu Petero i Vatikani

February 8, 2025 Philos Muhire 0

Bazilika ya Mutagatifu Petero (Basilica Sancti Petri) ni imwe muri kiliziya zikomeye ku isi, ikaba ifite amateka akomeye n’icyubahiro gikomeye muri Kiliziya Gatolika. Iyi kiliziya […]

Mali: Abantu barenga 50 biciwe mu gitero cy’abagizibanabi

February 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Abantu barenga 50 biciwe hafi y’umujyi wa Gao uherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali nyuma y’uko abagizibanabi bitwaje intwaro bateze imodoka zarimo abaturage ndetse n’izindi […]

Posts pagination

« 1 … 51 52 53 … 78 »

AMAKURU MASHYA

  • Visi Perezida wa Tanzania yeguye

    Visi Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Dr.Emmanuel Nchimbi, yatangaje ko yafashe umwanzuro wo gusezera muri politiki no mu mirimo ya Leta. Nchimbi yavuze […]

  • U Rwanda ntirushobora kwemera kumenyekana nk’igihugu cyaranzwe n’umwanda na ruswa – Perezida Kagame

    Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwihaye intego yo kwishakamo ibisubizo by’ibibazo byarwo, aho gutegereza inkunga z’amahanga, ashimangira ko no mu kurwanya ruswa igihugu […]

  • Afurika ntikwiye gukomeza kuba indorerezi mu iterambere ry’ikoranabuhanga rya AI – Perezida Kagame

    Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika ifite abantu bafite ubumenyi n’ubushobozi bwo kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), ariko ko hakenewe guhindura […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kubyaza umusaruro amahirwe rufite

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kubyaza umusaruro amahirwe menshi rufite, rukirinda gutegereza akazi ahubwo rugashishikarira kwihangira imirimo. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho […]

  • No Image

    U Rwanda ruzakira imikino ya FEASSA 2027

    U Rwanda rwemejwe nk’igihugu kizakira imikino ihuza Ibigo by’Amashuri byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba (FEASSA) mu mwaka utaha. Iyi mikino izaba ibaye ku nshuro […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS