Argentine: Perezida Milei yatangaje ko Argentine izava muri OMS
Perezida wa Argentine, Javier Milei, yateye ikirenge mu cya Donald Trump atangaza ko igihugu cye nacyo kizava mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS). […]
Perezida wa Argentine, Javier Milei, yateye ikirenge mu cya Donald Trump atangaza ko igihugu cye nacyo kizava mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS). […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 5 Gashyantare 2025, USAID yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 7 Gashyantare 2025, abakozi bose […]
Perezida Donald Trump yavuze ko Leta zunze ubumwe za Amerika iteganya kwigarura agace ka Gaza ikagahindura “Riviera yo mu burasirazuba bwo Hagati”. Nyuma y’uko Gaza […]
Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abakozi icyenda ba Minisiteri y’Imari kugira ngo bakorweho iperereza ku birego bifitanye isano n’iyibwa rya banki nkuru […]
Abagabo batanu bakatiwe igihano cyo kwicwa bamanitswe muri leta ya Kano muri Nigeria nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umugore bashinjaga kuba umurozi muri 2023. […]
Ku Isi yose, umutekano w’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ni ikintu cy’ingenzi, kikaba cyarashyizwe mu biganza by’ingabo zidasanzwe zizwi nka Swiss Guard. Aba ni abasirikare barinda […]
Abashinzwe umutekano muri Syria batangaje ko byibuze abantu 15 bapfuye abandi benshi bagakomerekera mu gitero cy’ubwiyahuzi kuri uyu wa Mbere, ubwo igisasu cyari giteze mu […]
Mu mateka y’isi, hari ahantu hari ibikorwa bifatwa nk’igitangaza kubera ubwiza, amateka n’ubuhanga bwakoreshejwe mu kubaka. Muri 2007, nibwo hatowe ibikorwa birindwi by’igitangaza ku isi, […]
Kuri iki Cyumweru Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Afurika y’Epfo iri “kwambura” abantu ubutaka no “gufata nabi amatsinda amwe […]
Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 01 Gashyantare 2025, Abanyarwanda baba muri Nigeria n’inshuti zabo bizihije umunsi w’Intwari z’Igihugu ku nshuro yawo ya 31 mu […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS